Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisante Irishimira Ko Iminsi Ibaye Itatu Ntawe Marburg Ihitanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbuzima

Minisante Irishimira Ko Iminsi Ibaye Itatu Ntawe Marburg Ihitanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 October 2024 6:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima Dr. Yvan Butera avuga ko kuba iminsi ibaye itatu nta muntu Marburg ihitanye, ari ikimenyetso ko bidatinze izaba yacitse mu gihugu.

Butera avuga ko guhera taliki 15 kugeza taliki 18, Ukwakira, 2024 nta muntu kiriya cyorezo cyahitanye.

Ku rundi ruhande, hari abari bakirwaye bagikize.

Dr. Butera ati: ” Tumaze iminsi itatu nta muntu iki cyorezo cyahitanye, kikaba ikimenyetso cy’uko ingamba zashyizweho mu kucyirwanya zatanze umusaruro mwiza”.

Yemeza gupima kare abantu ngo harebwe abanduye bakavurwa kare biri mu byatumye abantu bakira kandi kwanduzanya birakumirwa.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr. Yvan Butera aburira abantu ko badakwiye kwirara ngo bumve ko bagihigitse burundu, ahubwo akemeza ko iki ari igihe cyo kwirinda cyane ngo hatagira abandi bandura.

Icyorezo Marburg kimaze igihe gito kigeze mu Rwanda.
Kimaze guhitana abarenga 14 ariko hari benshi bagikize, kandi n’abakirwaye baragabanutse bigaragara.

Abantu 1000 bamaze gukingirwa Marburg

N’ubwo ari uko bimeze ariko, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana aherutse kubwira itangazamakuru ko bataramenya aho cyateye gituruka.

TAGGED:ButerafeaturedIcyorezoIndwaraMarburgNsanzimanaUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Mu Rwanda Harateganywa Gahunda Ya ‘Gira Inkoko’?
Next Article Musafili Na Musabyimana Bavanywe Muri Guverinoma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?