Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisante Irishimira Ko Iminsi Ibaye Itatu Ntawe Marburg Ihitanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbuzima

Minisante Irishimira Ko Iminsi Ibaye Itatu Ntawe Marburg Ihitanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 October 2024 6:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ubuzima Dr. Yvan Butera avuga ko kuba iminsi ibaye itatu nta muntu Marburg ihitanye, ari ikimenyetso ko bidatinze izaba yacitse mu gihugu.

Butera avuga ko guhera taliki 15 kugeza taliki 18, Ukwakira, 2024 nta muntu kiriya cyorezo cyahitanye.

Ku rundi ruhande, hari abari bakirwaye bagikize.

Dr. Butera ati: ” Tumaze iminsi itatu nta muntu iki cyorezo cyahitanye, kikaba ikimenyetso cy’uko ingamba zashyizweho mu kucyirwanya zatanze umusaruro mwiza”.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yemeza gupima kare abantu ngo harebwe abanduye bakavurwa kare biri mu byatumye abantu bakira kandi kwanduzanya birakumirwa.

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr. Yvan Butera aburira abantu ko badakwiye kwirara ngo bumve ko bagihigitse burundu, ahubwo akemeza ko iki ari igihe cyo kwirinda cyane ngo hatagira abandi bandura.

Icyorezo Marburg kimaze igihe gito kigeze mu Rwanda.
Kimaze guhitana abarenga 14 ariko hari benshi bagikize, kandi n’abakirwaye baragabanutse bigaragara.

Abantu 1000 bamaze gukingirwa Marburg

N’ubwo ari uko bimeze ariko, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana aherutse kubwira itangazamakuru ko bataramenya aho cyateye gituruka.

TAGGED:ButerafeaturedIcyorezoIndwaraMarburgNsanzimanaUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Mu Rwanda Harateganywa Gahunda Ya ‘Gira Inkoko’?
Next Article Musafili Na Musabyimana Bavanywe Muri Guverinoma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?