Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri Biruta Yaganiriye N’Abahagarariye Ibihugu Byabo Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Minisitiri Biruta Yaganiriye N’Abahagarariye Ibihugu Byabo Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 January 2023 3:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr. Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda. Nta makuru arambuye aravugwa ku byo yaganiriye nabo, ariko uwagenekereza akavuga ko bagarutse ku murongo u Rwanda rwafashe ku kibazo cya DRC ntiyaba arengereye.

Birumvikana kandi ko atabuze kubifuriza umwaka mushya muhire wa 2023 ukiri mu ntangiriro.

Icyakora umubano w’u Rwanda n’andi mahanga ntigarukira ku bibazo biri muri DRC iki gihugu gikunze gushoramo u Rwanda, ahubwo hazamo n’ubufatanye mu bya gisirikare rufitanye n’ibindi bihugu nka Mozambique na Centrafrique.

Hari n’aho rujya gutanga ubufasha rubisabwe n’Umuryango w’Abibumbye.

Rukomeje kandi kwagura umubano muri iki gihe kubera ko ubu ari rwo ruyobora Commonwealth ndetse rukaba ruherutse no kwakira CHOGM.

Nta gihe kinini gishize rusinyanye amasezerano y’ubucuruzi na Barbados.

Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo nawe aherutse kongera gutorerwa kuyobora Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Francophonie.

Mu bucuruzi kandi rukomeje kwagura amarembo hirya no hino ku isi mu bucuruzi bwagutse by’icyayi n’ikawa, ibyo byose bigakora ari nako na ba mukerarugendo bakomeza kurusura bakajya mu birunga n’ahandi mu Rwanda.

Uko bimeze kose ariko, Dr. Vincent  Biruta yabwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko muri iki gihe igihangayikishije u Rwanda ari umutekano w’abarutuye ushobora guhungabanywa na DR Congo.

U Rwanda rumaze igihe rusaba amahanga kubwira DRC ko ibibazo ifite ari ibyayo, ko nta gihugu ikwiriye kubyegekaho.

This morning, Minister @Vbiruta held the first Diplomatic Briefing of the year which was an occasion to exchange views on bilateral, regional and international affairs. pic.twitter.com/uiaVCTDQrQ

— Ministry of Foreign Affairs & Int'l Cooperation (@RwandaMFA) January 20, 2023

TAGGED:BirutaCongoDRCfeaturedMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarusiya Bahaye Mali Indege Nyinshi Z’Intambara
Next Article Rwanda: Amafaranga Asubizwa Abasora Babyemerewe N’Amategeko ‘Agiye Kongerwa’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?