Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri Wa Siporo Mushya Nyirishema Ni Muntu Ki?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Minisitiri Wa Siporo Mushya Nyirishema Ni Muntu Ki?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2024 6:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Richard Nyirishema ni umwe mu bazanywe muri Guverinoma yaraye ishyizweho. Yari asanzwe azwi muri siporo kuko yari umwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umukino Basketball mu Rwanda.

Yari amaze imyaka 12 ari Visi Perezida w’iri shyirahamwe, FERWABA, akaba yari ashinzwe, by’umwihariko,  amarushanwa n’Ikipe y’Igihugu yagezemo 2016.

Yabaye Umuyobozi wa Tekinike muri FERWABA, akaba yari abishinzwe mbere  y’uko azamurwa mu ntera.

Yigeze kuba umukinnyi wa Basketball wamenyekanye cyane mu ikipe United Generation Basketball.

Kuva mu Ukuboza 2021, yari umukozi ushinzwe ibikorwa byo gusakaza amazi mu cyaro mu mushinga wa USAID witwa  Water for People.

Yigeze kuba umujyanama mu muryango mpuzamahanga witwa DevWorks International hagati ya Ugushyingo 2020 na Kamena 2021.

Yakoze no mu Muryangompuzamahanga nka SNV.

Yabaye kandi umukinnyi wa Basketball kuko hagati ya 1996 na 2005 yakiniraga Generation 2000 (isigaye yitwa UGB) mu gihe hagati ya 2000 na 2003 yahamagarwaga mu Ikipe y’igihugu.

Menya abagize Guverinoma nshya:

Abaminisitiri 21 bagize Guverinoma y’u Rwanda
TAGGED:featuredMinisitiriNyirishemaSiporo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mimosa Na Ngabitsinze Ntibagaruwe Muri Guverinoma
Next Article Inkeragutabara Mu Ngabo Z’u Rwanda Zigiye Kongererwa Imbaraga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?