Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Ari Muri Qatar Mu Nama Yiga Ku Bukene
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Ari Muri Qatar Mu Nama Yiga Ku Bukene

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 March 2023 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente ari muri Qatar aho azitabira inama ya gatnu y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku ngamba zo kurwanya ubukene.

Ni inama izibanda ku ngamba zafatwa mu kugabanya umubare w’abakene mu bihugu bikennye kurusha ibindi ku isi.

Ni inama izabera  i Doha.

Abanyacyubahiro bazarebera hamwe aho imihigo yo kurandura ubukene ikubiye mu ntego z’iterambere rirambye (SDGs) zigeze zishyirwa mu bikorwa.

Hasigaye imyaka irindwi ngo igihe bari barihaye(2030) kigere.

Ibihugu bikennye cyane kurusha ibindi ku isi muri iki gihe ni 46.

Muri iriya nama hazigwa uko imikoranire yakongerwa kandi ikarushaho kunozwa kugira ngo igihe gito gisigaye ngo ‘SDGs’ zigerweho kizasige biriya bihugu hari intambwe ‘ifatika’ byateye.

Ni intambwe ikenewe mu nzego zirimo imibereho myiza y’abaturage, ubukungu, kurengera ibidukikije n’ibikorwa remezo.

Inama Minisitiri w’Intebe yitabiriye yatangiye kuri iki Cyumweru taliki 05, Werurwe, 2023 ikazarangira taliki 09, muri uku kwezi.

TAGGED:featuredInamaIterambereNgirenteUbukene
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Knowless Yabyaye Umwana Wa Gatatu
Next Article Abapolisi Batawe Muri Yombi Bazira Kwiba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?