Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Ari Muri Qatar Mu Nama Yiga Ku Bukene
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Ari Muri Qatar Mu Nama Yiga Ku Bukene

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 March 2023 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente ari muri Qatar aho azitabira inama ya gatnu y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku ngamba zo kurwanya ubukene.

Ni inama izibanda ku ngamba zafatwa mu kugabanya umubare w’abakene mu bihugu bikennye kurusha ibindi ku isi.

Ni inama izabera  i Doha.

Abanyacyubahiro bazarebera hamwe aho imihigo yo kurandura ubukene ikubiye mu ntego z’iterambere rirambye (SDGs) zigeze zishyirwa mu bikorwa.

Hasigaye imyaka irindwi ngo igihe bari barihaye(2030) kigere.

Ibihugu bikennye cyane kurusha ibindi ku isi muri iki gihe ni 46.

Muri iriya nama hazigwa uko imikoranire yakongerwa kandi ikarushaho kunozwa kugira ngo igihe gito gisigaye ngo ‘SDGs’ zigerweho kizasige biriya bihugu hari intambwe ‘ifatika’ byateye.

Ni intambwe ikenewe mu nzego zirimo imibereho myiza y’abaturage, ubukungu, kurengera ibidukikije n’ibikorwa remezo.

Inama Minisitiri w’Intebe yitabiriye yatangiye kuri iki Cyumweru taliki 05, Werurwe, 2023 ikazarangira taliki 09, muri uku kwezi.

TAGGED:featuredInamaIterambereNgirenteUbukene
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Knowless Yabyaye Umwana Wa Gatatu
Next Article Abapolisi Batawe Muri Yombi Bazira Kwiba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?