Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Irahira Rya Perezida Wa Djibouti
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Irahira Rya Perezida Wa Djibouti

admin
Last updated: 14 May 2021 7:15 pm
admin
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yageze muri Djibouti, aho azahagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Perezida Ismaïl Omar Guelleh.

Dr Ngirente yageze mu murwa mukuru wa Djibouti kuri uyu wa Gatanu, mbere y’umuhango uzaba kuri uyu wa Gatandatu. Yakiriwe ku kibuga cy’indege na mugenzi we Abdoulkader Kamil Mohamed, Minisitiri w’Intebe wa Djibouti.

Guelleh w’imyaka 73 aheruka gutorerwa manda ya gatanu nka Perezida wa Djibouti.

Yatowe ku majwi 97.44%, arusha kure amajwi 87% yabonye mu matora aheruka mu 2016.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yari ahanganye n’umucuruzi ukomeye muri icyo gihugu, Zakaria Ismail Farah, nk’umukandida wigenga, wabonye amajwi 2.48%.

Guelleh ayobora Djibouti kuva mu 1999. Yasimbuye Hassan Gouled Aptidon, perezida wa mbere icyo gihugu cyagize kuva cyabona ubwigenge mu 1977.

 

TAGGED:DjiboutifeaturedIsmaïl Omar GuellehNgirentePaul Kagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakunda Basketball Bagiye Kureba BAL Kuri Canal +
Next Article Mufite Umukoro Wo Kwandika Amateka Mashya – Jeannette Kagame Abwira Urubyiruko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?