Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Irahira Rya Perezida Wa Djibouti
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Irahira Rya Perezida Wa Djibouti

Last updated: 14 May 2021 7:15 pm
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yageze muri Djibouti, aho azahagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Perezida Ismaïl Omar Guelleh.

Dr Ngirente yageze mu murwa mukuru wa Djibouti kuri uyu wa Gatanu, mbere y’umuhango uzaba kuri uyu wa Gatandatu. Yakiriwe ku kibuga cy’indege na mugenzi we Abdoulkader Kamil Mohamed, Minisitiri w’Intebe wa Djibouti.

Guelleh w’imyaka 73 aheruka gutorerwa manda ya gatanu nka Perezida wa Djibouti.

Yatowe ku majwi 97.44%, arusha kure amajwi 87% yabonye mu matora aheruka mu 2016.

Yari ahanganye n’umucuruzi ukomeye muri icyo gihugu, Zakaria Ismail Farah, nk’umukandida wigenga, wabonye amajwi 2.48%.

Guelleh ayobora Djibouti kuva mu 1999. Yasimbuye Hassan Gouled Aptidon, perezida wa mbere icyo gihugu cyagize kuva cyabona ubwigenge mu 1977.

 

TAGGED:DjiboutifeaturedIsmaïl Omar GuellehNgirentePaul Kagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakunda Basketball Bagiye Kureba BAL Kuri Canal +
Next Article Mufite Umukoro Wo Kwandika Amateka Mashya – Jeannette Kagame Abwira Urubyiruko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?