Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Irahira Rya Perezida Wa Djibouti
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Ngirente Yitabiriye Irahira Rya Perezida Wa Djibouti

admin
Last updated: 14 May 2021 7:15 pm
admin
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yageze muri Djibouti, aho azahagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Perezida Ismaïl Omar Guelleh.

Dr Ngirente yageze mu murwa mukuru wa Djibouti kuri uyu wa Gatanu, mbere y’umuhango uzaba kuri uyu wa Gatandatu. Yakiriwe ku kibuga cy’indege na mugenzi we Abdoulkader Kamil Mohamed, Minisitiri w’Intebe wa Djibouti.

Guelleh w’imyaka 73 aheruka gutorerwa manda ya gatanu nka Perezida wa Djibouti.

Yatowe ku majwi 97.44%, arusha kure amajwi 87% yabonye mu matora aheruka mu 2016.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yari ahanganye n’umucuruzi ukomeye muri icyo gihugu, Zakaria Ismail Farah, nk’umukandida wigenga, wabonye amajwi 2.48%.

Guelleh ayobora Djibouti kuva mu 1999. Yasimbuye Hassan Gouled Aptidon, perezida wa mbere icyo gihugu cyagize kuva cyabona ubwigenge mu 1977.

 

TAGGED:DjiboutifeaturedIsmaïl Omar GuellehNgirentePaul Kagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakunda Basketball Bagiye Kureba BAL Kuri Canal +
Next Article Mufite Umukoro Wo Kwandika Amateka Mashya – Jeannette Kagame Abwira Urubyiruko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Urumogi Rugeze Kure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?