Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Wa Haïti Yahunze Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri W’Intebe Wa Haïti Yahunze Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 March 2024 11:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko abasore bagize amatsinda y’abagizi ba nabi babujije indege kugwa ku kibuga mpuzamahanga cya  Port-au Prince mu rwego rwo guheza Minisitiri w’Intebe mu mahanga, uyu yatse ubuhungiro muri Puerto –Rico.

Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 05, Werurwe, 2024 nibwo yageze mu murwa mukuru w’iki gihugu ari wo San Juan, ahagera akubutse muri Amerika muri Leta ya New Jersey.

Hari hashize igihe gito avuye muri Kenya kuganira n’ubutegetsi bw’aho uko Nairobi yazohereza Polisi yayo kwirukana bariya basore bigaruriye 80% by’ubuso bwose bwa Haïti.

Nyuma gato y’uko agiye muri Kenya, mu gihugu cye hahise haduka imirwano hagati y’ayo matsinda y’abarwanyi ndetse n’ingabo z’iki gihugu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abo barwanyi bafite umuyobozi wahoze ari Umupolisi witwa Jimmy Chérizier bahimba Barbecue.

Aherutse gusaba Minisitiri w’Intebe kwegura niba adashaka ko igihugu kimenekamo amaraso.

Indege yari itwaye Ariel Henry yabonye ko bitagishobotse ko igwa ku kibuga cy’indege cya Port-au-prince, ihitamo kwaka uburenganzira Amerika bwo kujya kugwa muri Puerto Rico, iki kikaba ari igihugu gifite ubutaka bucungwa n’Amerika.

Iki gihugu kiri mu bimaze iminsi myinshi bidatekanye

Repubulika ya Dominican yo yamwimye uburenganzira bwo kuhagwa ndetse yahise itangaza ko ifunze ikirere kiyihuza na Haïti.

Ibihugu byombi bisangiue ikirwa cya Hispaniola.

- Advertisement -

Perezida wa Repubulika ya Dominikani witwa Luis Abinader yasabye ingabo na Polisi gukomeza kuba maso no ku mipaka iri ku mazi no ku butaka.

TAGGED:AmerikaHaitiIntebeKenyaMinisitiri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Congo-Brazzaville Yamaganye Abayishinja Gukoresha Maneko W’u Rwanda
Next Article Rusizi: Inkuba Yakubise Abantu Batandatu Bo Mu Muryango Umwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?