Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe W’U Bwongereza Yarongoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Minisitiri W’Intebe W’U Bwongereza Yarongoye

admin
Last updated: 30 May 2021 1:32 pm
admin
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson yashyingiranywe n’umukunzi we Carrie Symonds, mu muhango witabiriwe n’abantu bake cyane kuri uyu wa Gatandatu.

Ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko uriya muhango wabaye mu ibanga, ndetse ko hari hatumiwe abantu 30 nabo babimenyeshejwe mu gihe gito mbere y’ubukwe. Ni wo mubare abitabira ubukwe batagomba kurenga kubera amabwiriza yo kwirinda COVID-19 mu Bwongereza.

Ni umuhango wabaye mu buryo bwa Kiliziya Gatolika, basezeranywa na Pariki Daniel Humphreys muri katedarali ya Westminster.

Hari amakuru ko n’abakozi bakuru mu biro bya Minisitiri w’Intebe batamenye iby’ubu bukwe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubwo bwajyaga kuba, abakirisitu basanzwe basabwe kuva muri katedarali.

Johnson w’imyaka 56 arongoye Symonds w’imyaka 33 bamaze igihe bakundana, ndetse muri Mata 2020 bibarutse umwana wabo w’impfura.

Abayobozi batandukanye mu Bwongereza bakomeje kwifuriza Johnson urugo ruhire.

 

TAGGED:Boris JohnsonCarrie SymondsfeaturedUbukwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikigo Cyo Muri Amerika Gishaka Kubaka I Kigali Uburyo Budasanzwe Bw’Ingendo
Next Article Tshisekedi Yasabye Abaturage Kwitondera Gusubira I Goma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?