Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu RwandaPolitiki

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 October 2025 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Minisitiri w'Intebe yabashimiye uko bitwaye abasaba kuzongeramo imbaraga ubutaha.
SHARE

Dr. Justin Nsengiyumva yakiriye Abanyarwanda bitabiriye Shampiyona y’isi y’amagare iherutse kubera mu Rwanda abashimira uko babyitwayemo anabasezeranya ko uyu mukino uzarushaho kongererwa imbaraga mu gihe kiri imbere.

Minisitiri w’Intebe yababwiye ko ibyo bakoze byari indashyikirwa kandi byagaragaje ko u Rwanda rutakira gusa amarushanwa ahubwo ko rukora ku buryo bizagenda neza uko bishoboka kose.

Kuri we, ririya siganwa ryabaye iry’amateka kandi ngo byashobotse binyuze mu gukorana kw’inzego, haba iz’umutekano cyangwa izindi.

Uretse inzego z’umutekano ahanini Polisi, Minisitiri w’Intebe yashimye na Federasiyo y’umukino w’amagare, ashima abikorera ku giti cyabo bagize uruhare mu kwakira abantu muri hoteli n’abandi batumye abitabiriye ririya siganwa bagubwa neza.

Muri rusange yashimye Abanyarwanda bose agira ati: “ Mwagaragaje ishyaka n’ubutwari, Mwarakoze cyane! Abafana mwese mwarakoze kuza.”

Minisitiri w’Intebe yavuze ko Guverinoma izakomeza guteza imbere siporo muri rusange, iyo gutwara igare ikazaba umwihariko.

Yaboneyeho no kuvuga ko uwatwaye iri siganwa ry’isi witwa Pogacar akenewe kuzitabira Tour du Rwanda umwaka utaha icyakora ubusanzwe biterwa n’uko iri siganwa rizamurirwa urwego mpuzamahanga bikozwe n’ishyirahamwe ryaryo ku isi Union Cycliste Internationale, UCI.

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva asangira ikirahure na Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire.

Nsengiyumva yanababwiye ko Perezida Paul Kagame abashimira ibyo bakoze byose muri kiriya gihe.

Perezida Kagame nawe ubwo yabakiraga mu musangiro wabereye muri Kigali Convention Center yababwiye ko igihe cyose bazashakira gusura u Rwanda bazasanga amarembo yarwo afunguye.

TAGGED:AbakinnyiAmagarefeaturedIntebeMinisitiriNsengiyumva
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore
Next Article Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'Abaturage

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?