Minisitiri W’Uburezi Yasimbuwe

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Perezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma aho Minisitiri w’Uburezi Gaspard Twagirayezu yasimbuwe na Joseph Nsengimana.

Twagirayezu we yagizwe umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe isanzure, Rwanda Space Agency.

Indi mpinduka ni uko Uwari umuyobozi wungirije wa RDB Mukazayire Nelly yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya siporo.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version