Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Miss Umwiza Arashaka Kuba Umudepite
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Miss Umwiza Arashaka Kuba Umudepite

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 November 2022 1:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Phiona Umwiza wigeze guhatanira kuba Miss Rwanda mu mwaka wa 2020 ariko akaba isonga cye cya mbere, ubu arashaka noneho guhagararira urubyiruko mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, EALA.

Mu minsi micye ishize nibwo hatangajwe ko ababyifuza bose kandi bujuje ibisabwa n’amategeko agenga uriya Muryango, batanga inyandiko zabo zisaba kwemererwa kwiyamamaza.

Umwiza nawe yahise abikora kuko ngo n’ubusanzwe yumva yakora Politiki.

Ubu ngo ari gushyira ibyangombwa byose ku murongo ngo azatange kandidatire ye itanaze.

Umwiza ngo akunda Politiki

Uyu mukobwa  yabwiye itangazamakuru ko Abanyarwanda nibamutora azakora ibishoboka byose agahagararira urubyiruko rw’igihugu cye mu bindi bigize aka karere.

Umwiza Phiona umwaka ushize(2021) yatabiriye  irushanwa rya Miss University Africa  ryari ryabereye muri Nigeria akaba yarahaherewe ikamba ry’umukobwa uturuka mu Karere ka Afurika y’i Burasirazuba witwaye neza kurusha abandi.

Komisiyo y’Igihugu y’amatora iherutse kwibutsa  abahatanira imyanya muri EALA ko kwiyamamaza bizatangira ku wa 5 Ukuboza 2022 ari nawo munsi w’amatora nyirizina.

TAGGED:AmategekofeaturedIntekoUmwiza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Irashaka Kuganira N’Abahuza By’Umwihariko
Next Article Imbeba Zariye Urumogi Polisi Yari Bushyire Urukiko Mu Rubanza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?