Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Moses Twahirwa Wa Moshions Yavuye Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Moses Twahirwa Wa Moshions Yavuye Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 January 2021 8:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Turahirwa Moses umaze kubaka izina mu bikorwa by’imideli kubera kwambika abantu bakomeye barimo

ibyamamare n’abanyapolitiki ntari mu Rwanda. Ari mu Butaliyai gukomeza amasomo y’ibijyanye no guhanga imideli.

Kuba imyambaro akora yambarwa n’abantu bakomeye byatumye yamamara arubahwa muri bagenzi be

bakora imideli.

N’ubwo yahiriwe no guhanga imideli, Moses Twahirwa ubundi ni umufundi wabyigiye.

Yize ibijyanye n’ubwubatsi [Civil Engineering] mu ishami ry’amazi  muri IPRC-Kigali.

Yagiye mu Butaliyani kwiga iby’imideli mu ishuri ryitwa ‘Polimoda.’

Ajya kugenda ntawe yabibwiye ariko amakuru  ashyira ku mbuga nkoranyambaga yerekana ko ari mu

Butaliyani.

Umwe mu nshuti ze iri mu Rwanda yaduhamirije amakuru y’uko Moses Twahirwa ari mu Butaliyani.

Yagize ati: “Sinibuka neza itariki yagendeye ariko ngereranyije amezi abiri arenda gushira. Yagiye mu

Butaliyani mu ishuri ryigisha ibintu byerekeranye no kumurika imideli kugira ngo yongere ubumenyi.”

Ishuri yagiye kwigamo ryitwa “Polimoda” ni ikigo kigenga giherereye ahitwa Florence, mu mujyi wa

Tuscany.

Muri 2017 cyaje mu bigo icumi (10) bya mbere ku isi by’intangarugero mu kwigisha neza ibikorwa

bijyanye n’imideli.

Ni ikigo kiri mu Butaliyani ariko cyashinzwe n’Umunyamerika witwa Shirley Goodman.

Mu mwaka 2015 nibwo Moses Twahirwa yinjiye mu by’imideli nk’umwuga yiyita Moshions.

Icyo gihe yatangiye  kwitabira ibitaramo byo kumurika imideli ariko akaba yari afite ubushobozi buke.

Nyuma yo kwerekana imyenda ye muri Kigali Fashion Week abantu bakunze umwihariko we wo

kudakoresha ibitenge byari byarabaye nk’icyita rusange, batangira kumugana.

Ari mu ishuri

 

Ishuri Twahirwa yigamo
TAGGED:featuredIPRC KigaliMoshionsTwahirwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyo Perezida Ndayishimiye Yategetse Abagenzura Itangazamakuru
Next Article Kurwanya COVID-19, Byagabanyije Ubukangurambaga Bwo Kurwanya Ruswa- T.I Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?