Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mozambique: Ingabo Z’u Rwanda Zubakiye Abana Amashuri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Mozambique: Ingabo Z’u Rwanda Zubakiye Abana Amashuri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 September 2024 12:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Ancuabe muri Cabo Delgado ingabo z’u Rwanda na Polisi ziherutse gutaha amashuri atanu zubakiye abahatuye kugira ngo abana bigire aheza.

Ayo mashuri yubatswe ahitwa Nacololo, mu itahwa ryayo hakaba haratanzwe n’ibikoresho bitandukanye bigenewe abanyeshuri.

Ibyo ni intebe 100 zifatanye n’ameza abana bandikiraho, ibitabo by’amashuri, amakaramu, ingwa za mwarimu n’amakaramu yo gushushanyisha…byose bikaba byarahawe abana 500.

Brig. Gen  Théodomille Bahizi uyoboye ingabo zigize ikitwa Task Force Battle Group 3  yavuze ko ingabo z’u Rwanda zagiye muri Mozambique zitajyanywe no kuhagarura amahoro gusa ahubwo nko zifite n’intego yo gufasha abahatuye kugira ubuzima bwiza.

Brig. Gen Théodomille Bahizi

Avuga ko uburezi ari ingenzi mu kuzamura ejo hazaza ha buri gihugu.

Ati: “Ingabo z’u Rwanda ziyemeje kuzakomeza gukorana n’ubuyobozi bwa Mozambique mu bikorwa byazo kugira ngo intego twiyemeje igerweho”.

Umuyobozi w’Umujyi wa Ancuabe muri Cabo Delgado witwa Benito Joaquim Santos Casimilo yashimye umusanzu u Rwanda ruha Mozambique binyuze mu ngabo zarwo na Polisi yarwo.

Avuga ko kimwe mu bibyerekana ari igikorwa cyo kubakira bariya bana amashuri yo kubafasha kwiga neza.

Umuyobozi w’Ikigo cy’ariya mashuri witwa Faluki Silverio avuga ko yizeye ko umusanzu ikigo cye  cyahawe uzagirira akamaro abanyeshuri kandi ko bazafata neza biriya byumba.

TAGGED:AbanaAbaturageAmashuriBahiziCabofeaturedIngaboPolisiRDFRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya: Abanyeshuri 17 Bishwe N’Inkongi
Next Article Ngirente Avuga Ko U Rwanda Rushaka Ko Abikorera Barushaho Guteza Imbere Ubuhinzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?