Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Batwa 6000 Ba Uganda, Umwe Niwe Waminuje
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubumenyi Rusange

Mu Batwa 6000 Ba Uganda, Umwe Niwe Waminuje

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 June 2021 3:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwoko bw’Abatwa buri mu bwoko buzwi mu Karere k’Ibiyaga bigari n’ubwo buri mu bwasigajwe inyuma n’amateka kurusha ubundi.

Muri Rwanda barahari, mu Burundi barahari, mu Burundi bafite ubahagarariye muri Guverinoma no muri Congo (zombi) batahaba.

Muri Uganda naho barahaba muri pariki ya Bwindi nk’uko abanyamakuru ba The Guardian babyandika.

Hari ishyirahamwe ryiswe Magnum Foundation ryashinzwe ngo ribige ribiteho.

Imiryango yabo ibeshejweho no gusoroma imbuto n’ubuhigi nk’uko abandi nk’abo babagaho mu myaka irenga ibihumbi yashize.

Bose baba mu ishyamba ry’inzitane riri mu birunga byo muri Uganda.

Umwe mu banyamakuru ba The Guardian witwa Esther Mbabazi yafashe umwanya n’amafaranga ajya kureba uko COVID-19 yagize ingaruka kuri bo.

Umwe muri bo (Abatwa bose baba hariya hantu ni 6000) warangije Kaminuza avuga ko babana nk’abavandimwe.

Avuga ko babana nk’abavandimwe, bagaterwa n’uko baba baziranye, batuye ahantu hegeranye kandi barashakanye hagati y’abo.

Aho batuye babaho kubera ko bahize inyamaswa, bagahova ubuki, ariko bakagira ikibazo cy’uko Leta hari uburenganzira ibabuza kandi bagombye kuba aho batuye bisanzuye.

Hari bamwe muri bo bahisemo gusanga abandi baturage bakabacaho inshuro.

Ikibazo bavuga bafite ni uko banenwa n’abandi baturage ba Uganda, bakabafata nk’abavumwe, badakwiye kubana n’abandi.

Basabye Leta ko yabibuka n’abo bagira uburenganzira bwo kugira amasambu, ntibabeho nk’inzererezi mu gihugu cyabo.

TAGGED:AbatwafeaturedParikiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Museveni Yategetse Ko Abapolisi Bo Mu Muhanda Bahabwa Imbunda
Next Article Perezida Macron Yakubitiwe Urushyi Mu Baturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?