Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bufaransa COVID-19 Ikomeje Kubugariza, Bafashe Izindi Ngamba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Mu Bufaransa COVID-19 Ikomeje Kubugariza, Bafashe Izindi Ngamba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 April 2021 8:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye afashe ibyemezo byo gukumira ko abaturage be bakomeza kwandura COVID-19 bakomeza kwandura COVID-19 . Muri byo harimo ko abatuye mu Ntara 19 zibasiwe nayo bose bagomba kuba bari mu rugo saa moya z’ijoro.

Amashuri nayo yafunze kandi ibikorwa by’ubucuruzi budakenewe cyane byafunzwe.

Muiri byo harimo utubari n’ahantu bagura itabi, ikawa, pizza n’ibindi.

Ibyemezo bya Guverinoma y’u Bufaransa bizashyirwa mu bikorwa mu byumweru bine.

Perezida Macron yabwiye Abafaransa ko Guverinoma yanze kongera kubagumisha mu rugo ahubwo ihitamo gushyiraho ibihe by’umukwabo mu duce runaka twibasiwe.

Abafaransa kandi babujijwe kwegerana kandi ingendo zitari ngombwa zirabujijwe.

Uko bigaragara, mui Bufaransa n’ahandi mu Burayi bafitiye ubwoba icyorezo COVID-19 cyane cyane muri ibi bihe cyazamukanye ubukana.

Ubu bukana bwazamutse kubera ubwihindurize bwacyo, bwiswe ko bukomoka mu Bwongereza.

Ikindi ni uko abarwayi n’abanduye(kwandura COVID-19 no kuyirwara biratandukanye) bakomeje kwiyongera.

Ku wa Kabiri abantu banduye kiriya cyorezo bageze kuri 5000 ku munsi.

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Bufaransa Bwana Gabriel Attal  yavuze ko ibyemezo byafashwe bishyize mu gaciro kandi ababifashe barebye igikenewe kugira ngo Abafaransa badakomeza kwibasirwa na kiriya cyorezo, ariko nanone ubuzima bw’igihugu bukomeze.

Emmanuel Macron
TAGGED:BufaransafeaturedGuverinomaIcyorezoMacron
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BK Group Plc Yungutse Miliyari 38.4 Frw Mu 2020
Next Article U Rwanda Rwazamutse Imyanya Ibiri Ku Isi Mu Kubahiriza Uburinganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?