Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Bufaransa COVID-19 Ikomeje Kubugariza, Bafashe Izindi Ngamba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Mu Bufaransa COVID-19 Ikomeje Kubugariza, Bafashe Izindi Ngamba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 April 2021 8:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye afashe ibyemezo byo gukumira ko abaturage be bakomeza kwandura COVID-19 bakomeza kwandura COVID-19 . Muri byo harimo ko abatuye mu Ntara 19 zibasiwe nayo bose bagomba kuba bari mu rugo saa moya z’ijoro.

Amashuri nayo yafunze kandi ibikorwa by’ubucuruzi budakenewe cyane byafunzwe.

Muiri byo harimo utubari n’ahantu bagura itabi, ikawa, pizza n’ibindi.

Ibyemezo bya Guverinoma y’u Bufaransa bizashyirwa mu bikorwa mu byumweru bine.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Perezida Macron yabwiye Abafaransa ko Guverinoma yanze kongera kubagumisha mu rugo ahubwo ihitamo gushyiraho ibihe by’umukwabo mu duce runaka twibasiwe.

Abafaransa kandi babujijwe kwegerana kandi ingendo zitari ngombwa zirabujijwe.

Uko bigaragara, mui Bufaransa n’ahandi mu Burayi bafitiye ubwoba icyorezo COVID-19 cyane cyane muri ibi bihe cyazamukanye ubukana.

Ubu bukana bwazamutse kubera ubwihindurize bwacyo, bwiswe ko bukomoka mu Bwongereza.

Ikindi ni uko abarwayi n’abanduye(kwandura COVID-19 no kuyirwara biratandukanye) bakomeje kwiyongera.

- Advertisement -

Ku wa Kabiri abantu banduye kiriya cyorezo bageze kuri 5000 ku munsi.

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Bufaransa Bwana Gabriel Attal  yavuze ko ibyemezo byafashwe bishyize mu gaciro kandi ababifashe barebye igikenewe kugira ngo Abafaransa badakomeza kwibasirwa na kiriya cyorezo, ariko nanone ubuzima bw’igihugu bukomeze.

Emmanuel Macron
TAGGED:BufaransafeaturedGuverinomaIcyorezoMacron
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BK Group Plc Yungutse Miliyari 38.4 Frw Mu 2020
Next Article U Rwanda Rwazamutse Imyanya Ibiri Ku Isi Mu Kubahiriza Uburinganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?