Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Irembo Ry’Ibitaro Bya Rubavu, Habereye Impanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Irembo Ry’Ibitaro Bya Rubavu, Habereye Impanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 September 2021 10:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa yahawe n’umwe mu baturiye ibitaro by’Akarere ka Rubavu avuga ko hari imodoka yabuze feri[akurikije uko yabibonye] hanyuma igonga urukuta rw’irembo rwa biriya bitaro.

Avuga ko umuntu umwe mu bari bayirimo yahise apfa.

Hari undi waduhaye amakuru avuga ko shoferi yari ari kumwe na kigingi akata iriya Daihatsu yanga guheza umuhanda nibwo yagongaga urukuta rw’irembo ry’ibitaro.

Ifoto yashyizwe kuri Twitter na kimwe mu binyamakuru bikorera mu Rwanda yerekana ko iriya modoka yari iyo mu bwoko bwa Daihatsu.

Ikindi ni uko  bigaragara ko yangiritse cyane kandi  ko yari ipakiye inyanya.

Ibitaro bya Rubavu byubatswe mu Murenge wa Gisenyi.

Turacyagerageza kuvugana n’Ubuvugizi bwa Polisi ngo tumenye niba icyateye iyi mpanuka cyamenyekanye.

Hagati aho Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police(CP) John Bosco Kabera aherutse kugira inama abafite ibinyabiziga kubisuzumisha bakareba niba ibyuma byabyo birimo na feri bikora neza.

Icyo gihe CP Kabera yavugaga ko umushoferi uzi ubwenge muri iki gihe yatangira gukoresha ikinyabiziga akita ku twuma duhanagura ibirahure, feri, gusanisha imipine n’ibindi.

Ni umuburo yatanze mu rwego rwo gufasha abantu gutangira kwirinda ibyaho bishobora kuzatezwa n’imvura nyinshi iteganyijwe mu muhindo wa 2021.

TAGGED:featuredIbitaroImpanukaPolisiRubavu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guinée: Igihugu Cyaranzwemo Coup D’Etat Kuva Cyabona Ubwigenge
Next Article Airtel Rwanda Yabonye Umuyobozi Mukuru Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?