Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Karere Ka Gisagara Hari Abaturage Baraye Mu Baturanyi Kuko Imvura Yabasenyeye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Karere Ka Gisagara Hari Abaturage Baraye Mu Baturanyi Kuko Imvura Yabasenyeye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 April 2022 7:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bamwe mu baturage b’Umurenge wa Gishubi mu Karere ka Gisagara baraye bacumbikiwe n’abaturanyi babo nyuma y’uko ibisenge by’inzu zabo zisakambuwe n’umuyaga mwinshi wahereje imvura irimo amahindu yaraye ihaguye.

RBA yanditse ko hari inzu nyinshi zasenyutse burundu, ibisenge n’inkuta zidakomeye bivaho, izindi zangirika mu rugero runaka.

Ngo ni imvura yagwanye umuriri ukomeye igwa mu gihe gito ariko isiga yangije byinshi.

Yari irimo amahindu aremereye n’umuyaga wihuta.

Abenshi mu basenyewe barasaba Leta kubafasha kongera gusana inzu zabo kugira ngo babone aho barara, bareke gukomeza gucumbikirwa n’abaturanyi.

Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ducyesha iyi nkuru, RBA, kivuga ko hari n’ikigo cy’amashuri abanza kiri ahitwa Muyinga cyasenyutse, ibyumba birasakambuka bivaho amabati 100.

Muri byo harimo n’icyumba cy’umukobwa cyagenewe gushafa abanyeshuri b’abakobwa kubona ahantu hihariye habafasha gucyemura tumwe mu tubazo twabo bahurira natwo ku ishuri.

No ku rwunge rw’amashuri rwa Muduha n’aho ngo hagurutse igihande kimwe cy’ishuri cyangiritse harimo n’igikoni n’amabati 40 arasakambuka.

Haracyabarurwa ibyangiritse byose kandi ngo umubare n’ubukana bw’ibyangiritse ushobora kwiyongera.

TAGGED:AbaturagefeaturedGisagaraImvuraUmuyaga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwasinyanye Na Zambia Amasezerano Y’Ubufatanye Mu Burobyi
Next Article Tumenye Uruzi Rwa Zambezi Ruriho Isumo Perezida Kagame Yaraye Asuye Muri Zambia
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?