Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Kicaro Gikuru Cya BK Hafunguwe Icyumba Cyo Kwita Ku Bana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mu Kicaro Gikuru Cya BK Hafunguwe Icyumba Cyo Kwita Ku Bana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 October 2023 10:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamariya yaraye yifatanyije n’ubuyobozi bukuru bwa Banki ya Kigali mu gufungura ku mugaragaro icyumba ababyeyi bakora muri iyi Banki bazajya bonkerezamo cyangwa bakazana abana ngo babe bari hafi yabo.

Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali avuga ko basanze biri mu nyungu za buri wese ko umubyeyi wonsa akora afite umwana we hafi kugira ngo amwonse igihe cyose abishakiye.

Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali

Biri mu nyungu z’umwana cyane cyane ariko na Nyina bimufasha guha umwana we ibere, bigakomeza umurunga wa kibyeyi usanzwe uhuza umwana na Nyina.

Karusisi yagize ati: “ Twishimiye gutangiza iki cyumba mu Cyicaro gikuru cya Banki ya Kigali kandi twizeye ko  kizatuma abana b’ababyeyi bakorera hano bonka neza kandi na ba Nyina bagakora akazi neza bizeye ko abana babo bari mu biganza byiza.”

Umuyobozi wa Banki ya Kigali avuga ko ubuyobozi bw’iyi Banki buzi akamaro k’abakozi bayo kuko badashoboye akazi neza gusa ahubwo ari n’ababyeyi beza, bafite uburenganzira bwo kwita ku bibondo byabo neza uko bishoboka kose.

Dr. Valentine Uwamariya avuga ko Guverinoma ishyigikiye ko ibigo byose bigira ahantu ababyeyi bonkereza abana kandi ngo ibyumba nka biriya ni ishusho nziza y’uburyo uburinganire bushyirwamo imbaraga mu nzego zose z’ubuzima.

Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamariya
Bishimiye ko hafunguwe iki cyumba
TAGGED:AbanaBankiBKDianefeaturedKarusisiMinisitiriUwamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dosiye Y’Umunyamakuru Wa Jeune Afrique Yagejejwe Mu Rukiko
Next Article Hatangajwe Imfashanyigisho Y’Uburyo Abahungu Bazavamo Abagabo Buzuzanya N’Abagore
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?