Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Kwezi Kumwe Ingabo Z’u Bufaransa Zirava No Muri Burkina Faso
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Kwezi Kumwe Ingabo Z’u Bufaransa Zirava No Muri Burkina Faso

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2023 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mwaka wa 2022 ingabo z’u Bufaransa zazinze utwangushye ziva i Gao muri Mali aho zari zimaze imyaka zikambitse. Nyuma yo kwirukanwa muri iki gihugu zimwe zagiye muri Burkina Faso none n’aho zasabwe kuhava vuba na bwangu.

Ubutegetsi bwa Captaine Ibrahim Traoré bwavuze ko budakeneye ingabo z’u Bufaransa ku butaka bwa Burkina faso.

Nyuma yo kuva muri Mali, ingabo z’u Bufaransa zagiye gushing ibirindiro muri Niger, muri Tchad no muri Burkina Faso.

Muri Burkina Faso zari zihafite umutwe w’abasirikare 400 b’abakomando.

Nyuma yo kubisabwa n’ubuyobozi bw’i Ouagadougou, byabaye ngombwa ko u Bufaransa buva ku izima bukemera ko mu gihe kitarenze ukwezi kumwe, buzaba bwavanye abasirikare babwo muri Burkina Faso.

Bamwe mu bibirebera hafi, bavuga ko bariya basirikare nibahava, bizaha icyuho ibitero by’iterabwoba ku ngabo za Burkina Faso ariko k’urundi ruhande, ubutegetsi bwa Captaine Traoré buvuga ko buzabaga bukifasha aho gukorerwamo n’ingabo z’ikindi gihugu.

Umuvuno Wa Gisirikare W’u Bufaransa Nyuma Yo Kuva Muri Mali

TAGGED:BufaransaBurkinaIngaboMali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Ruzahabwa Miliyoni $319 Zo Guhangana N’Ikirere
Next Article Uwatozaga Bugesera FC Yagizwe Umutoza W’Ikipe Y’Igihugu Y’u Burundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?