Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Nshingano Z’Ingabo Z’u Rwanda Harimo Iterambere Ryarwo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Mu Nshingano Z’Ingabo Z’u Rwanda Harimo Iterambere Ryarwo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2024 6:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuba mu ngabo habamo ishami rishinzwe ibikorwaremezo kandi rikora no mu gihe cy’amahoro ni icyemezo cy’uko mu nshingano zazo harimo ni kubaka ibikorwa by’amajyambere rusange y’abaturage.

RDF ifite imitwe myinshi ya gisirikare harimo n’ushinzwe ibikorwaremezo bita Engineering Brigade. Abagize uyu mutwe bagira uruhare mu gupatana no kubaka ibikorwaremezo hirya no hino mu Rwanda kandi ibyo bikorwa biba bikomeye.

Nk’uko bimeze no ku basirikare bo mu yindi mitwe, abo muri iri tsinda nabo bakenera amahugurwa ngo bakarishye ubwenge.

Ni yo mpamvu bamwe muri bo bari guhugurirwa mu ishuri rikuru rya gisirikare i Nyakinama mu Karere ka Musanze, bakaba bari kumwe na bagenzi babo baturutse mu bindi bihugu.

Umwe mu basirikare b’u Rwanda Col Bagwaneza yavuze ko ubusanzwe igisirikare kitatera imbere mu gihe abaturage bacyo nabo badateye imbere.

Avuga ko we na bagenzi be bari kwigira uko ikibazo cy’amashanyarazi kifashe mu Rwanda n’icyakorwa ngo ahari icyuho kizibwe.

Ati: “  Igisirikare ntabwo cyakora igihugu kidatera imbere. Dushinzwe no kugura uruhare mu iterambere ry’igihugu. Twaje hano kugira ngo twige uko energy[ingufu z’amashanyarazi] ikora ite mu Rwanda, igeze ku ruhe rwego, ese igihugu gifite izihe mbogamizi kuri energy?”

Col Lydia Bagwaneza avuga ko mu byo bize harimo ko u Rwanda rufite intambwe igaragara rwateye mu by’ingufu z’amashanyarazi n’ubwo ari igihugu kidakora ku mazi.

Avuga ko ibyo u Rwanda rwakoze mu kwihaza ku ngufu z’amashanyarazi bishimishije n’ubwo rufiite imbogamizi zitandukanye.

Undi musirikare waturutse mu mahanga nawe ashima uko u Rwanda rwateye imbere mu by’ingufu, avuga ko ibyo rwakoze ari ibyo kwigirwaho n’ahandi.

TAGGED:IbikorwaremezoIgihuguIngaboIterambere
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Luvumbu Yatandukanye Na Rayon Sports
Next Article REG BBC Na APR Basketball Club Zatangiye Neza Shampiyona
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?