Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Ntambara Na Hamas Israel Igeze Aho Ikwiriye Kwitondera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Ntambara Na Hamas Israel Igeze Aho Ikwiriye Kwitondera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 November 2023 2:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aho ni mu bitaro binini bya Al-Shifa. Ni ibitaro birimo abarwayi b’indembe barwaye indwara zitandukanye barimo abana, ababyeyi n’abageze mu zabukuru. Aho akazi k’ingabo za Israel kagiye kugoranira ni uko mu butaka ikuzimu munsi y’ibyo bitaro bivugwa ko hari ibirindiro bikomeye bya Hamas kandi Israel ikaba igomba kubisenya byanze bikunze!

Mu rwego ryo kuburira abantu, izi ngabo zaraye zizenguka mu kirere cya Gaza zisaba abarwayi, abarwaza n’abaganga kubivamo bakoresheje uburyo bwose bushoboka.

Abenshi bumviye uwo muburo baragenda ariko hari indembe zigera ku 120 zitabasha kuhava, zikiyongeraho impinja nyinshi ziri  ku mwuka kuko zavutse igihe kitaragera.

BBC yanditse ko Israel yemeza idashidikanya ko mu nsi y’ibyo bitaro hari ibirindiro bikomeye bya Hamas.

Imiterere y’ibitaro bya Al -Shifa

Umuvugizi w’ingabo za Israel, Lt Col Jonathan Cornicus aherutse kwereka isi ibice bya biriya bitaro yemeza ko byahoze ari Ibiro abarwanyi ba Hamas bakoreshaga.

Ni muri video yatangajwe mu binyamakuru bitandukanye biyuhawe n’ingabo za Israel ari zo IDF.

Israel isaba abaturage ba Gaza gukomeza guhungira mu Majyepfo ya Palestine ahitwa Khan Younis.

Minisiteri y’ubuzima mu butegetsi bwa Hamas muri Gaza ivuga ko abantu 12,000 bamaze kugwa mu bitero Israel yagabye muri Gaza kuva intambara yatangira taliki 07, Ugushyingo, 2023.

Twibukiranye ko Hamas yatangiye kugira ijambo muri Gaza mu mwaka wa 2007.

TAGGED:AbanaHamasIbitaroIngaboIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burundi: Barashaka Urukiko ‘Rwihariye’ Rukurikirana Abayobozi Bakuru
Next Article CIMERWA Yaguzwe N’Ikindi Kigo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi

Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar

Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel

Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Kenya: Batatu Mu Baje Gusezera Kuri Odinga Barasiwe Kuri Stade

Kayonza: Imvura Yishe Batandatu Biganjemo Abana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC Na Uganda Biyemeje Kongera Imbaraga Mu Bucuruzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?