Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Ntambara Na Hamas Israel Igeze Aho Ikwiriye Kwitondera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mu Ntambara Na Hamas Israel Igeze Aho Ikwiriye Kwitondera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 November 2023 2:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aho ni mu bitaro binini bya Al-Shifa. Ni ibitaro birimo abarwayi b’indembe barwaye indwara zitandukanye barimo abana, ababyeyi n’abageze mu zabukuru. Aho akazi k’ingabo za Israel kagiye kugoranira ni uko mu butaka ikuzimu munsi y’ibyo bitaro bivugwa ko hari ibirindiro bikomeye bya Hamas kandi Israel ikaba igomba kubisenya byanze bikunze!

Mu rwego ryo kuburira abantu, izi ngabo zaraye zizenguka mu kirere cya Gaza zisaba abarwayi, abarwaza n’abaganga kubivamo bakoresheje uburyo bwose bushoboka.

Abenshi bumviye uwo muburo baragenda ariko hari indembe zigera ku 120 zitabasha kuhava, zikiyongeraho impinja nyinshi ziri  ku mwuka kuko zavutse igihe kitaragera.

BBC yanditse ko Israel yemeza idashidikanya ko mu nsi y’ibyo bitaro hari ibirindiro bikomeye bya Hamas.

Imiterere y’ibitaro bya Al -Shifa

Umuvugizi w’ingabo za Israel, Lt Col Jonathan Cornicus aherutse kwereka isi ibice bya biriya bitaro yemeza ko byahoze ari Ibiro abarwanyi ba Hamas bakoreshaga.

Ni muri video yatangajwe mu binyamakuru bitandukanye biyuhawe n’ingabo za Israel ari zo IDF.

Israel isaba abaturage ba Gaza gukomeza guhungira mu Majyepfo ya Palestine ahitwa Khan Younis.

Minisiteri y’ubuzima mu butegetsi bwa Hamas muri Gaza ivuga ko abantu 12,000 bamaze kugwa mu bitero Israel yagabye muri Gaza kuva intambara yatangira taliki 07, Ugushyingo, 2023.

Twibukiranye ko Hamas yatangiye kugira ijambo muri Gaza mu mwaka wa 2007.

TAGGED:AbanaHamasIbitaroIngaboIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burundi: Barashaka Urukiko ‘Rwihariye’ Rukurikirana Abayobozi Bakuru
Next Article CIMERWA Yaguzwe N’Ikindi Kigo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?