Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mu Rugamba Rwo Kugeza Imboga N’Imbuto Ku Bakiriya, Hari Abafite Umwihariko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Izamamaza

Mu Rugamba Rwo Kugeza Imboga N’Imbuto Ku Bakiriya, Hari Abafite Umwihariko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2021 7:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kitwa Gombo. Kitanga serivisi zo kugeza ku bantu ibicuruzwa bakeneye cyane cyane imboga n’imbuto. Umwihariko wa Gombo ni uko isanga abahinzi aho  bari kubisarura, ikabirangura ikabigeza ku babishaka bigifite itoto.

Abakora mu buhinzi bazi neza ko imboga zitunze ku zuba cyangwa ahantu hashyushye zitakaza amazi arimo imyunyungugu( minerals) ifitiye abantu akamaro cyane cyane abana, abagore batwite n’abageze mu za bukuru.

Abakora mu kigo Gombo basa n’abamenye uku kuri hakiri kare bagashyiraho uburyo bwo kurinda ko imboga zajya zigezwa ku bazikeneye ;zitagifitiye umubiri akamaro kanini.’

Ku byerekeye igiciro, ni ibisanzwe ko umuguzi n’umugurisha bumvikana nk’uko bisanzwe bizwi.

Aha ariko Gombo yateganyije ibiciro, ibi biciro bikaba ari byo biherwaho hatangira ikiganiro hagati y’umuguzi n’ugurisha.

Ni byiza kurinda ko imbuto cyangwa imboga zitinda ku zuba.(Photo@NAEB Flickr)

Iri ni ihame mpuzamahanga.

Kubera ko amahoteli, za resitora no mu ngo abakora mu gikoni baba bakeneye imboga zigifite itoto kandi zikabageraho hakiri kare, gukorana na Gombo nta gihombo byabatera.

Ikindi kiza cyabo ni uko uburyo bwose wabishyuramo babwemera.

Ubashatse wababona kuri uru rubuga: www.ggombo.com.

Abakozi ba Gombo bapakira ibiribwa ngo babishyire abakiliya
Uzababona bambaye iyi mwenda
TAGGED:featuredGomboImbogaUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urabeho Kanye! Kim Kardashian Yishumbushije Undi Mugabo
Next Article Rebecca Kadaga Ntakiyobora Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?