Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 May 2025 9:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yabakandiye akanyenyeri.
SHARE

Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yageneye agahimbazamusyi abakobwa bagize ikipe y’igihugu y’abangavu.

Yavuze ko yabikoze kubera ko bashimishije ikipe abereye umuyobozi ari yo APR FC.

Yagize ati: “ Twe nka APR turishimye rero ntanze miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda”.

Nyuma yo kuvuga atyo, yahise ahamagara ushinzwe ubukungu muri FERWAFA akanda akanyenyeri(*) amwoherereza ayo mafaranga.

Hari nyuma y’uko iyi kipe itsinze iya Zimbabwe mu cyiciro cy’ibanze cy’imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026.

Ni ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 y’amavuko.

Umukino wahuje ayo makipe waraye ubaye kuri uyu wa Gatatu, ukaba wari uwo kwishyura wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ukaba wari uwo  gushaka tike y’Igikombe cy’Isi 2026 cy’abangavu batarengeje imyaka 20.

Icyakora uyu mukino warangiye amakipe yombi 0-0, bituma u Rwanda rukomeza ku giteranyo cy’ibitego 2-1.

TAGGED:AbakobwafeaturedIgikombeIrushanwaMugangaUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Abaturage Bagiye Guhabwa Irangamuntu Nshya
Next Article Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Urumogi Rugeze Kure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?