Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: Abataramenyekana Batwitse Imodoka Y’Abarwayi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Muhanga: Abataramenyekana Batwitse Imodoka Y’Abarwayi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 May 2024 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi mu Ntara y’Amajyepfo yatangiye iperereza rigamije gufata abagizi ba nabi bahaye inkongi imodoka y’ibitaro byigenga byitwa Peace Polyclinic biri i Muhanga

Umuyobozi w’ibi  bitaro witwa  Dr Norbert Ngadjole Lonu Norbert avuga ko iriya modoka yatwitswe mu gitondo cyo ku Cyumweru, abiyitwitse bakaba barayisanze aho iparitse mu kigo.

Uyu muyobozi avuga ko abakoze biriya ari abagome kuko batwitse imodoka yari ifitiye akamaro abaturage binyuze mu gufasha abarwayi kugera kwa muganga.

Yari imodoka yafashaga abarwayi

Ikindi kikibazwa ni uburyo ibyo byabaye hari abazamu kuko ubusanzwe ibi bitaro bifite abazamu babiri babicungira umutekano ku manywa hakaba n’abandi babiri bawucunga mu ijoro.

Iyo hatabaho kuzimya vuba vuba hari indi modoka yari bushye kuko yari yatangiye gufatwa n’umuriro, ariko barayitabara.

Kugeza ubu nta muntu iperereza rirerekana ko ari we wabikoze ariko rirakomeje nk’uko Polisi yabibwiye bagenzi bacu bakorera mu Ntara y’Amajyepfo.

Amafoto©UMUSEKE.RW

TAGGED:AbarwayiIbitaroimodokaInkongiMuhangaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda Yihanije Ubwongereza
Next Article Igishoro Gike N’Ikoranabuhanga Rike Bibangamira Umurimo- Min Bayisenge
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?