Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: Uwemeye Ko Yishe Umwarimu Wa Kaminuza Akamukuramo Amaso YARASHWE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muhanga: Uwemeye Ko Yishe Umwarimu Wa Kaminuza Akamukuramo Amaso YARASHWE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2023 8:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri taliki 11, Mata, 2023 inzego z’umutekano zarashe uwitwa Albert Dusabe wari ushatse  kwambura umupolisi imbunda.

Yari aherutse kwiyemerera ko ari we wishe  Dr. Mahirwe Kororo Charles wigishaga muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Nyagatare.

Dr Mahirwe yari  atuye mu Mudugudu wa Musengo, Akagari ka Kivumu, Umurenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga.

Yishwe ku wa Mbere taliki 03, Mata, 2023.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma y’iminsi ibiri, umusore witwa Albert Dusabe w’imyaka 28 yarafashwe yiyemerera ko ari wishe Dr Mahirwe yo wo kwemerwa Frw 300,000  harimo na avance ya Frw 70,000 yahawe  mbere andi akazayahabwa nyuma.

Dusabe yabwiye inzego z’umutekano n’abandi bayobozi ko ariya mafaranga yari yayahawe n’umukozi wa Croix Rouge y’u Rwanda mu Karere ka Muhanga witwa Lambert Minani ngo amwicire Mahirwe kuko yamubangamiraga ku mushinga wa Pharmacie yari ahafite.

Dr Mahirwe ngo yashakaga gutwara Muhire isoko.

UMUSEKE uvuga ko kuri uyu wa Kabiri taliki 11, Mata, 2022, Mu masaha ya saa kumi za mu gitondo (04h00 a.m),  Dusabe yagiye kwereka Polisi aho yiciye Dr Muhirwe n’ibikoresho yakoresheje.

Yamwiciye mu Mudugudu wa Musengo, Akagari ka Kivumu, Umurenge wa Cyeza muri metero 500 z’aho yakodeshaga.

- Advertisement -

Ubwo yari agiye kwerekana ibyo yakoresheje yica Mahirwe( bivugwa ko ari umuhini), ngo yashatse guhindukira ngo yambure umupolisi imbunda, undi aramuzibukira aramurasa amutsinda aho!

TAGGED:featuredImbundaKaminuzaMuhangaPolisiUmusoreUmwarimu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya Irohereza Mu Kirere Icyogajuru Yakoze
Next Article Umugabo W’i Gatsibo Akurikiranyweho Kwica Motari W’i Gicumbi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?