Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhanga: Yavumbuye ‘Mine’ Mu Murima We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muhanga: Yavumbuye ‘Mine’ Mu Murima We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2023 8:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Naganiro, mu Kagari ka Remera mu Murenge wa Muhanga hari umuturage witwa Siborurema Céléstin  wavumbuye igisasu cya Mine mu murima we. Yakibonye agiye gucukura amabuye yo kubakisha iwe.

Yabimenyesheje Polisi yihutira kuhazitira mu rwego rwo gukumira ko kiriya gisasu cyagira uwo gihitana cyangwa kikamukomeretsa.

Ni mu buryo kandi bwo kugira ngo haboneke uko gitegurwa.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo CIP Habiyaremye Emmanuel yemereye UMUSEKE ko ayo makuru ari ukuri.

Uriya muturage yabonye kiriya gisasu ku manywa y’ihangu kuko hari saa saba n’iminota 25 z’amanywa.

Umuvugizi wa Polisi yunzemo ati: “Aho icyo gisasu kiri ni hafi y’ingo z’abaturage ariko ntacyo kibatwara kubera ko harinzwe.”

Babimenyesheje ingabo  kugira ngo zigitegure.

Abaturage baturanye na Siborurema bakeka ko kiriya gisasu cyaba cyaratawe hariya n’abacengezi kubera ko ngo nta kigo cya gisirikare cyahigeze.

Yari Mine ishwanyaguza ibifaro…

Umwe mu bazi iby’ibisasu yabwiye Taarifa ko iriya mine yabonywe mu murima w’uriya muturage, isanzwe igenewe gushwanyaguza imodoka zaba iz’intambara cyangwa imodoka zisanzwe.

Ubusanzwe mines ni ibisasu bitegwa hagamijwe kubuza umwanzi gukomeza urugendo.

Izitegwa imodoka zitegwa mu mirima cyangwa ahantu bateganya ko hashobora kunyura imodoka z’intambara cyangwa iz’abakorana n’umwanzi.

Hari n’izindi mines zitegwa abantu.

Bazita mines anti-personels mu gihe izitegwa imodoka bazita mines anti-chars.

 

TAGGED:featuredGrenadeigisasuMuhangaUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Umwana Wazize Impanuka Ajya Ku Ishuri Na Bagenzi Be Yashyinguwe
Next Article Iran Yamanitse Umwongereza Ishinja Kuyineka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?