Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mukuralinda Yabwiye DRC Ko Ishatse Yareka Kwenyegeza Umuriro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mukuralinda Yabwiye DRC Ko Ishatse Yareka Kwenyegeza Umuriro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 March 2023 10:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Alain Mukuralinda
SHARE

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yavuze ko ingabo z’u Rwanda ziteguye kurwana n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo nizerura zikarutera.

Mu kiganiro yahaye RBA, Mukuralinda yavuze ko mu gihe RD Congo yakomeza ubushotoranyi igatera byeruye, u Rwanda rwiteguye kubarwanya.

Ni nyuma y’uko kuri uyu wa 03, Werurwe, 2023 hari undi musirikare w’ingabo za RD Congo ( FARDC) yambutse umupaka ava mu gihugu cye arasa ku basirikare b’u Rwanda barinze umupaka, nabo baramwica.

Byabereye hagati ya Grande Barrière na Petite Barrière mu Karere ka Rubavu.

Alain Mukuralinda ati: “ Birashoboka kuba ari ubushotoranyi ngo tugwe muri uwo mutego, tujye mu ntambara.”

Yavuze ko u Rwanda rwafashe ingamba kandi rufite abasirikare bahagije, intwaro zihagije kandi ngo u Rwanda ntiruzatungurwa.

Nyuma yo kuraswa k’uriya musirikare, hatangijwe iperereza.

N’ubwo ibyavuyemo bitaratangazwa, , itsinda ryarikoze ni naryo ryakoze irindi ubwo  undi musirikare wa Congo yageragezaga kwinjira mu Rwanda anyuze ku mupaka arasa .

Mu gihe cy’amezi umunani hari abasirikare batatu bamaze kwinjira ku butaka bw’u Rwanda bari mu bushotoranyi, bakarasirwa ku butaka bw’u Rwanda bakahasiga ubuzima.

DRC Ikomeje Kuvogera u Rwanda, Undi Musirikare Wayo Yaharasiwe

TAGGED:featuredMukuralindaRwandaTanzaniaumupaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bufaransa Bwamereye DRC Miliyoni € 34
Next Article U Rwanda Na Tanzania Batangije Ikoranabuhanga Mu Bwikorezi Bw’Ibicuruzwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?