Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yavuze ko ingabo z’u Rwanda ziteguye kurwana n’iza Repubulika ya Demukarasi ya Congo nizerura zikarutera. Mu kiganiro yahaye...
Hatarashira amezi atanu, undi musirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yarasiwe mu Rwanda arapfa. Uherutse kurasirwa mu Rwanda[hari taliki 03, Gashyantare, 2023] yari yinjiriye hagati...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 11, Gashyantare, 2023 ku Kanyaru hahuriye abayobozi b’u Burundi n’ab’u Rwanda baganira ku ngingo zitandukanye zirimo n’ubufatanye mu by’ubukungu. Hashize igihe...
Inama y’ubukungu y’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, East African Business Council, itangaza ko kuva u Rwanda na Uganda byongera gufungura imipaka, ubucuruzi hagati ya Kigali...
Umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda wafunguwe. Gusa ntiwafunguwe uko wakabaye kubera COVID-19. Guhera muri Werurwe 2020 ubwo byemezwaga ko icyorezo cya COVID-19 cyageze...