Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mukuralinda Yasezeweho N’Ab’Ingeri Zose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mukuralinda Yasezeweho N’Ab’Ingeri Zose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2025 1:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aho Alain Bernard Mukuralinda avuka mu Karere ka Rulindo habereye umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma mbere yo kumushyingura.

Imihango yo kumusezeraho yahereye mu rugo rwe Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, mu Murenge wa Niboye, abantu babanza gusezera umurambo wa nyakwigendera nyuma yo kuwuvana mu buruhukiro bw’Ibitaro byitiriwe Umwami Faysal i Kigali.

Igitambo cya Misa cyo kumusezeraho cyabereye kuri Paruwasi Gatulika ya Rulindo kandi arashyingurwa mu irimbi ry’iyo Paruwasi.

Abantu b’ingeri nyinshi bagiye kumushyingura bakaba biganjemo abanyamakuru, abahanzi mu ndirimbo n’abakora muri sinema nyarwanda, abayobozi muri Leta, abo mu muryango wa nyakwigendera n’abaturanyi benshi.

UImuvugizi wa Guverinoma Yolande Makolo ari mu baje guherekeza Alain Mukuralinda bakoranaga bya hafi.

Ku mugoroba wok u wa 03, Mata, 2025 nibwo Alain Mukuralinda wari Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yatabarutse.

Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rimubika ryasohotse bukeye bw’aho tariki 04, Mata, 2024.

Yashyinguwe i Rulindo.
TAGGED:featuredGushyinguraIrimbiMukuralindaRulindoUmurambo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bwiza Asaba Urubyiruko Kudaceceka Aho Bumvise Abapfobya
Next Article Harigwa Uko Imibu Yajya Irogwa Hakoreshejwe Amaraso Y’Umuntu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?