Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mukwege Avuga Ko Azahindura Imikerereze Y’Abaturage Ba DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mukwege Avuga Ko Azahindura Imikerereze Y’Abaturage Ba DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 November 2023 9:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Prof Denis Mukwege uri mu biyamamariza kuzayobora DRC avuga ko abaturage nibamutora azabigisha uko Umukongomani nyawe atekereza n’uko yitwara.

Avuga ko kugira ngo DRC ibe igihugu kizima,  ari ngombwa ko abayituye bagira imiterereze n’imikorere bivuguruye kuko ari byo bizatuma bakora bakiteza imbere.

Yemeza ko abaturage ba DRC aho bava bakagera, buri wese afite impano yatuma ateza igihugu cye imbere.

Kuri we, habura guhuza ibikorwa no guhindura imitekerereze kugira ngo icyo buri wese arusha undi agikore, basenyere umugozi umwe.

Afite imigambi 17 avuga ko azubakiraho mu kuvugurura DRC.

Harimo ko azatuma abaturage bahinga bakeza kuko bafite ubutaka bwera kandi bugari, akavuga ko bibabaje kuba 90% by’abaturage ba DRC baba munsi y’umurongo w’ubukene kandi bafite igihugu gifite umutungo kamere utaba ahandi ku isi mu bwiza no mu bwinshi.

Nka muganga, avuga ko azafasha abaturage kugira ubuzima bwiza, bakarya indyo yuzuye kandi bakivuza badahenzwe.

Denis Mukengere Mukwege ni umuganga uvura indwara zibasira abagore. Yavutse mu mwaka wa 1955.

Ifoto: Radio Okapi

TAGGED:AbaturageDRCIndwaraMukwege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Kayonga Yagizwe Ambasaderi Muri Turikiye
Next Article Umunyamakuru Nkundineza Araburana Ku Bujurire Ku Ifungwa N’Ifungurwa By’Agateganyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?