Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Munyangaju yahaye Uganda igikombe cya CECAFA , u Rwanda rwatsinzwe kare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Munyangaju yahaye Uganda igikombe cya CECAFA , u Rwanda rwatsinzwe kare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 December 2020 8:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Munyangaju ahereza abasore ba Uganda igikombe batsindiye
SHARE

Minisitiri wa Siporo n’umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa yahaye ikipe ya Uganda y’abatarengeje imyaka 17 igikomye cya CECAFA nyuma yo gutsinda bagenzi babo ba Tanzania.  Umukino wa nyuma warangiye Uganda itsinze Kenya 3-1.

Hari hashize iminsi 10 mu Karere ka Rubavu ari ho habera ririya rushanwa ryahuje ibihugu bitandatu by’Afurika y’i Burasirazuba.

Ibyo bihugu ni Rwanda, Tanzania, Djibouti, Kenya, Ethiopia na Uganda.

Byaharaniraga kuzahagararira Akarere ka CECAFA mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 17 kizabera muri Maroc muri Gashyantare 2021.

Uganda na Tanzania nibyo bizahagararira aka karere.

Uganda yegukanye iki gikombe yari mu itsinda rya kabiri, iri kumwe na Kenya na Ethiopia.

Tanzania yari mu itsinda ry’u Rwanda na Djibouti..

Amakipe muri buri tsinda yagombaga guhura buri imwe igakina imikino ibiri, ebyiri zitwaye neza nigakomeza muri ½ .

Uganda yegukanye iki gikombe yatsinze Kenya ibitego 5-0 mu mukino wa mbere, yongera gutsinda Ethiopia ibitego 3-0 ku mukino wa kabiri

Tanzania yo yatsinze u Rwanda 3-1, inganya na  Djibouti 1-1, bityo iyobora izamuka iyoboye itsinda.

Final ya Uganda na Tanzania yari ishiraniro…

Aya makipe yombi yinjiye mu kibuga  saa 3h:30′ pm  nyuma y’umukino wari wayabanje, uhuza Ethiopia na  Djibouti urangira Ethiopia itsinze ibitego 5-2 mu mukino wo guhatanira umwanya wa 3.

Umukino wa Uganda na Tanzania watangiye abatoza ba buri kipe bashyira abasore b’inkorokoro mu kibuga kugira ngo bakore akazi kari kabazanye.

Buri ruhande rwakoze uko rushoboye ariko abahungu b’i Kampala batsinda bidasubirwaho bagenzi babo b’i Dar el Salaam ibitego 3-1.

Minisitiri Aurore Munyangaju Mimosa niwe wahereje Ikipe ya Uganda igikombe yatsindiye.

Bisnimiye akazi bakoze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isi irugarijwe, DRC hadutse indwara y’amayobera isa na Ebola
Next Article Ubwoko ‘bushya’ bwa COVID-19 buteye bute?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?