Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Munyangaju yahaye Uganda igikombe cya CECAFA , u Rwanda rwatsinzwe kare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Munyangaju yahaye Uganda igikombe cya CECAFA , u Rwanda rwatsinzwe kare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 December 2020 8:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Munyangaju ahereza abasore ba Uganda igikombe batsindiye
SHARE

Minisitiri wa Siporo n’umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa yahaye ikipe ya Uganda y’abatarengeje imyaka 17 igikomye cya CECAFA nyuma yo gutsinda bagenzi babo ba Tanzania.  Umukino wa nyuma warangiye Uganda itsinze Kenya 3-1.

Hari hashize iminsi 10 mu Karere ka Rubavu ari ho habera ririya rushanwa ryahuje ibihugu bitandatu by’Afurika y’i Burasirazuba.

Ibyo bihugu ni Rwanda, Tanzania, Djibouti, Kenya, Ethiopia na Uganda.

Byaharaniraga kuzahagararira Akarere ka CECAFA mu gikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 17 kizabera muri Maroc muri Gashyantare 2021.

Uganda na Tanzania nibyo bizahagararira aka karere.

Uganda yegukanye iki gikombe yari mu itsinda rya kabiri, iri kumwe na Kenya na Ethiopia.

Tanzania yari mu itsinda ry’u Rwanda na Djibouti..

Amakipe muri buri tsinda yagombaga guhura buri imwe igakina imikino ibiri, ebyiri zitwaye neza nigakomeza muri ½ .

Uganda yegukanye iki gikombe yatsinze Kenya ibitego 5-0 mu mukino wa mbere, yongera gutsinda Ethiopia ibitego 3-0 ku mukino wa kabiri

Tanzania yo yatsinze u Rwanda 3-1, inganya na  Djibouti 1-1, bityo iyobora izamuka iyoboye itsinda.

Final ya Uganda na Tanzania yari ishiraniro…

Aya makipe yombi yinjiye mu kibuga  saa 3h:30′ pm  nyuma y’umukino wari wayabanje, uhuza Ethiopia na  Djibouti urangira Ethiopia itsinze ibitego 5-2 mu mukino wo guhatanira umwanya wa 3.

Umukino wa Uganda na Tanzania watangiye abatoza ba buri kipe bashyira abasore b’inkorokoro mu kibuga kugira ngo bakore akazi kari kabazanye.

Buri ruhande rwakoze uko rushoboye ariko abahungu b’i Kampala batsinda bidasubirwaho bagenzi babo b’i Dar el Salaam ibitego 3-1.

Minisitiri Aurore Munyangaju Mimosa niwe wahereje Ikipe ya Uganda igikombe yatsindiye.

Bisnimiye akazi bakoze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isi irugarijwe, DRC hadutse indwara y’amayobera isa na Ebola
Next Article Ubwoko ‘bushya’ bwa COVID-19 buteye bute?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?