Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mureke Twemere Ko Kwibuka Jenoside Ari Ngombwa- Peter Muthuki Uyobora EAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Kwibuka27

Mureke Twemere Ko Kwibuka Jenoside Ari Ngombwa- Peter Muthuki Uyobora EAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 June 2021 12:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yatangizaga umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Dr Peter Muthuki uyobora Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, yabwiye bagenzi be ko kwibuka iriya Jenoside ari ngombwa niba bashaka ko itazongera kubaho ku isi.

Uyu muhango wabereye ku kicaro cy’uriya Muryango kiri Arusha muri Tanzania.

Muthuki yagize ati: “ Mureke twemere ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ari ngombwa kandi ko kuyibagirwa bishobora guha urwaho indi. Kubyibuka bizatuma nta handi iba ku isi.”

Dr. Peter Mathuki yavuze ko abatuye Isi muri rusange n’abatuye ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba by’umwihariko bagomba guharanira ko ‘Never Again’ iba impamo.

“Never Again” ni imvugo ikangurira abantu guharanira ko ingengabitekerezo ya Jenoside yakumirwa ku isi hose kuko ari yo iganisha kuri Jenoside nyirizina.

Uretse u Rwanda( ari narwo Jenoside yakorewe Abatutsi yakorewemo), ahandi hubatswe inzibutso zayo mu karere ruhereyemo ni muri Uganda.

 

Martin Ngoga na bagenzi be bakorana muri uriya muryango bafashe umunota wo kwibuka

Muri 2018 Abanyarwanda baba muri Uganda bigeze gukusanya miliyoni 37 z’amashiringi yo kubaka urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,  mu gace Mpigi.

Muri Jenoside yakorewe Abatutsi hari imibiri yabo yajugunywe mu migezi yo mu Rwanda iratembanwa igera mu kiyaga cya Victoria, kiri muri Uganda.

Ako gace gatukura ni muri Mpigi ahubatswe urwibutso rwa Jenoside ku kiyaga cya Victoria
TAGGED:AfurikafeaturedJenosideMuthukiRwandaUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ambasaderi Wa Israel Yiyemeje Guha Abanyarwanda Amaraso Ye
Next Article Qatar Irashaka Gushora Imari Mu Mukino W’Amagare Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?