Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Israel Bibutse Jenoside Yakorewe Abatutsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Israel Bibutse Jenoside Yakorewe Abatutsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 April 2024 12:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu kigo kitiriwe Yitzak Rabin kiri i Tel Aviv muri Israel habereye umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Umwe mu bitabiriye iki gikorwa ni Ambasaderi Ron Adam wahoze ahagarariye igihugu cye mu Rwanda.

Israel ni igihugu cy’inshuti y’u Rwanda ndetse na Perezida wayo Isaac Herzog ari mu Rwanda mu kwifatanya n’isi kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Bimwe mu buranga amateka ya Israel n’u Rwanda ni uko buri gihugu gituwe n’abaturage bakorewe Jenoside.

Ibi byatumye buri gihugu muri byo gifata ingamba zo guhora giharanira ko abaturage bacyo batazongera gukorerwa Jenoside cyangwa igisa nayo no guteza imbere abaturage kugira ngo habeho guhinyuza abashakaga kubarimbura.

I was privileged to take part in the #Kwibuka30 memorial by @RwandaIsrael in Tel Aviv, remembering the one million Tutsi who were murdered during the 1994 #GenocideAgainstTheTutsi in #Rwanda. pic.twitter.com/TJUIK0HY9d

— Dr. Ron Adam (@AmbRonAdam) April 7, 2024

TAGGED:AbatutsifeaturedIsraelJenosideRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufaransa Bwahaye u Rwanda Miliyoni € 400
Next Article Amahitamo Yacu Yabaye Ubumwe Ngo Bube Intangiriro Ya Byose- Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?