Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Kimihurura Abantu Bane Bapfuye, Bikekwa Ko Bazize Inzoga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Muri Kimihurura Abantu Bane Bapfuye, Bikekwa Ko Bazize Inzoga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2021 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Kagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihurura haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abantu bane bivugwa ko bapfuye nyuma yo kunywa inzoga zitwa Umuneza n’indi yitwa Imberabose.

Umuyobozi nshingwabikorwa wungirije w’Akarere ka Gasabo Bwana Regis Mudaheranwa yabwiye Taarifa ko amakuru y’urupfu rw’abo bantu yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere.

Avuga ko bariya bantu baguye ahitwa mu Myembe mu Kagari ka Kimihurura mu Murenge wa Kimihurura muri Gasabo.

Amafoto arimo inzoga bivugwa ko ari zo bazize, arerekana ko ziriya nzoga atari iz’ubwoko bumwe.

Imwe yitwa Umuneza, indi yitwa Imberabose

Mudaheranwa yirinze kugira byinshi atangaza kucyaba cyishe bariya bantu, avuga ko abo mu Bugenzacyaha ari bo bari burebe neza icyaba cyabiteye nyuma yo gupima imirambo ndetse n’ibikubiye muri ibyo binyobwa.

Mudaheranwa Regis (Photo@KigaliToday)

Twagerageje kuvugisha abakora mu Ishami ry’Itumanaho mu Kigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti ngo bagire icyo batubwire niba ibinyobwa bwitwa Umuneza na Imberabose biri ku rutonde rw’ibyemewe kunyobwa n’Abanyarwanda ariko ntibitabye telefoni yabo igendanwa.

Ubuvugizi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha nabwo ntibwatwitabye ngo butubwire niba  hari iperereza ryaba ryatangijwe ngo hemenyekane niba biriya burozi bwaba bashyizwe muri biriya binyobwa byahitanye abantu bane icyarimwe.

 

 

TAGGED:featuredGasaboInzogaKimihururaMudaheranwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 4600 Bafashwe Kuri Noheli Barenze Ku Mabwiriza Yo Kwirinda COVID-19
Next Article Perezida Wa Somalia Yahagaritse Minisitiri W’Intebe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?