Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Nyabarongo Hatoraguwe Imirambo Y’Abana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muri Nyabarongo Hatoraguwe Imirambo Y’Abana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 December 2022 4:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga hatoraguwe imirambo ibiri y’abana yarerembaga mu ruzi rwa Nyabarongo.

Kuri uyu wa Mbere taliki 19, Ukuboza, 2022 nibwo iriya mirambo yatoraguwe.

Prisca Mukayibanda uyobora umurenge wa Mushishiro avuga ko umuto muri abo bana afite imyaka ibiri y’amavuko n’aho umukuru akagira imyaka itanu.

Icyakora kuko nta byangombwa bari bafite byerekana igihe bavukiye, ngo iriya myaka ni ikigereranyo.

Uyu muyobozi avuga ko bagerageje gushakisha aho bariya bana baba baraturutse barahabura kubera ko batanze n’amatangazo ababika ariko ntihamenyekana.

Imirambo ya bariya bana bayisanze mu ruzi rwa Nyabarongo aho ruca mu Murenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga

Aragenekereza akavuga ko ‘uko bigaragara’ bariya bana baguye muri ruriya ruzi baturutse kure.

Ngo si mu Murenge we.

Yabwiye UMUSEKE ko basanze imirambo ya bariya bana yarangiritse bityo bigakekwa ko bashobora kuba bamaze iminsi barohamye.

Imirambo bayijyanye ku bitaro bya Kabgayi ngo ikorerwe isuzumwa.

Hagati aho kandi hari andi makuru avuga ko hari undi murambo w’umwana baherutse gukura mu bwiherero mu Murenge wa Nyarusange, bigakekwa ko ari Nyina bawutayemo.

Uwakuwe mu Murenge wa Nyamabuye  bikekwa ko ari uw’umukarani.

TAGGED:featuredMushishiroNyabarongoUmugeziUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yaburiye Abazitwara Nabi Mu Gihe Cy’Iminsi Mikuru
Next Article Umurundi Yasimbuye Umunyarwanda K’Ubuyobozi Bwa EALA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?