Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Qatar Kagame Yaganiriye Na Benshi Ku Nyungu Z’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muri Qatar Kagame Yaganiriye Na Benshi Ku Nyungu Z’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2023 3:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gutanga ikiganiro mu nama yahuje abayobozi ba Qatar n’ab’ibihugu by’inshuti zayo, Perezida Kagame yakiriye abandi bayobozi batandukanye baganira ku ngingo zifitanye isano n’iterambere ry’u Rwanda.

Abo barimo umunyemari  witwa Michael Bloomberg wigeze kuba Guverineri wa New York , akaba na nyiri ikinyamakuru The Bloomberg.

Ari mu bantu b’abafatanyabikorwa mu bateguye inama ya Qatar Economic Forum.

Umukuru w’u Rwanda kandi yakiriye Minisiteri w’Intebe wa Bangladesh witwa Sheikh Hasina Wazed .

Baganiriye uko imikoranire y’ibihugu byombi yatezwa imbere.

Abandi bantu bakomeye Perezida Kagame yakiriye barimo Minisitiri ushinzwe ingufu witwa igikomangoma Abdulaziz Bin Salman ari kumwe na mugenzi we ushinzwe imari n’igenamigambi witwa Faisal Alibrahim.

Umukuru w’u Rwanda kandi yakiriye Minisiteri w’Intebe wa Bangladesh witwa Sheikh Hasina Wazed
Michael Bloomberg na Perezida Kagame
TAGGED:AmahangafeaturedKagameQatar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nta Muntu Twigeze Dusaba Kutuzanira Abimukira- Perezida Kagame
Next Article Gasabo: Agakiriro Ka Gisozi Kongeye Gushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?