Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Qatar Kagame Yaganiriye Na Benshi Ku Nyungu Z’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muri Qatar Kagame Yaganiriye Na Benshi Ku Nyungu Z’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2023 3:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gutanga ikiganiro mu nama yahuje abayobozi ba Qatar n’ab’ibihugu by’inshuti zayo, Perezida Kagame yakiriye abandi bayobozi batandukanye baganira ku ngingo zifitanye isano n’iterambere ry’u Rwanda.

Abo barimo umunyemari  witwa Michael Bloomberg wigeze kuba Guverineri wa New York , akaba na nyiri ikinyamakuru The Bloomberg.

Ari mu bantu b’abafatanyabikorwa mu bateguye inama ya Qatar Economic Forum.

Umukuru w’u Rwanda kandi yakiriye Minisiteri w’Intebe wa Bangladesh witwa Sheikh Hasina Wazed .

Baganiriye uko imikoranire y’ibihugu byombi yatezwa imbere.

Abandi bantu bakomeye Perezida Kagame yakiriye barimo Minisitiri ushinzwe ingufu witwa igikomangoma Abdulaziz Bin Salman ari kumwe na mugenzi we ushinzwe imari n’igenamigambi witwa Faisal Alibrahim.

Umukuru w’u Rwanda kandi yakiriye Minisiteri w’Intebe wa Bangladesh witwa Sheikh Hasina Wazed
Michael Bloomberg na Perezida Kagame
TAGGED:AmahangafeaturedKagameQatar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nta Muntu Twigeze Dusaba Kutuzanira Abimukira- Perezida Kagame
Next Article Gasabo: Agakiriro Ka Gisozi Kongeye Gushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?