Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Abaturage Basabwe Kuzibukira Inzoga Ahubwo Bagakora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Musanze: Abaturage Basabwe Kuzibukira Inzoga Ahubwo Bagakora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 November 2024 4:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gukangurira abaturage kwihaza mu biribwa, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Mungenzi Patrice yasabye abatuye Musanze kwita ku buhinzi bakareka kunywa inzoga kuko zibazahaza.

Inzoga kandi zica abantu intege ntibakoreze, bikajyanirana n’imidugararo mu bashakanye.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Dr.Mugenzi, yasabye abaturage gushyira imbaraga mu buhinzi n’ubworozi buteye imbere, kugira ngo barusheho kwihaza mu biribwa.

Ati“Izi nsina tubona aha aho kuba izo kwengamo inzoga ahubwo zaba inyamunyo, tukabona za Dayihatsu na Fuso ziza gupakira ibitoki byo kurya bijya mu masoko nk’iryo nabonye rigezweho ry’ibiribwa rya kariyeri.”
Inyamunyo ni ubwoko bw’ibitoki biribwa, mu gihe ibitoki byengwamo umutobe ari nawo uvamo urwagwa ari kayinja, kamaramasenge n’izindi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga ko ibyiza ari uko abaturage bahinga inyanya, ibitoki, ibishyimbo, ibigori, amasaka n’ibindi aho gushyira imbaraga mu nzoga.

Ikibi gikomeye kurushaho ni uko inzoga ziteza umutekano muke mu ngo, abagabo bagata abagore babo ku munigo.

Ngo umugabo asanga umugore yatetse umushogoro akamuniga kandi azi neza ko nta faranga ryo guhahisha yamusigiye

Imibare ya Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu igaragaza ko kugeza ubu uruhare rw’abaturage mu igenamigambi, rugeze kuri 74% bikaba biteganyijwe nibura mu mwaka wa 2029 byaba bigeze kuri 90-100% bihereye ku gukora ibikorwa biteza imbere umuturage.

TAGGED:AbaturagefeaturedInzogaMinisitiriMugenziMusanze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Besigye Yafunzwe
Next Article Umunyarwenya W’Icyamamare Ku Isi Steve Harvey Arashaka Gushora Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?