Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Abaturage Basabwe Kuzibukira Inzoga Ahubwo Bagakora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Musanze: Abaturage Basabwe Kuzibukira Inzoga Ahubwo Bagakora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 November 2024 4:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gukangurira abaturage kwihaza mu biribwa, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Mungenzi Patrice yasabye abatuye Musanze kwita ku buhinzi bakareka kunywa inzoga kuko zibazahaza.

Inzoga kandi zica abantu intege ntibakoreze, bikajyanirana n’imidugararo mu bashakanye.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Dr.Mugenzi, yasabye abaturage gushyira imbaraga mu buhinzi n’ubworozi buteye imbere, kugira ngo barusheho kwihaza mu biribwa.

Ati“Izi nsina tubona aha aho kuba izo kwengamo inzoga ahubwo zaba inyamunyo, tukabona za Dayihatsu na Fuso ziza gupakira ibitoki byo kurya bijya mu masoko nk’iryo nabonye rigezweho ry’ibiribwa rya kariyeri.”
Inyamunyo ni ubwoko bw’ibitoki biribwa, mu gihe ibitoki byengwamo umutobe ari nawo uvamo urwagwa ari kayinja, kamaramasenge n’izindi.

Avuga ko ibyiza ari uko abaturage bahinga inyanya, ibitoki, ibishyimbo, ibigori, amasaka n’ibindi aho gushyira imbaraga mu nzoga.

Ikibi gikomeye kurushaho ni uko inzoga ziteza umutekano muke mu ngo, abagabo bagata abagore babo ku munigo.

Ngo umugabo asanga umugore yatetse umushogoro akamuniga kandi azi neza ko nta faranga ryo guhahisha yamusigiye

Imibare ya Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu igaragaza ko kugeza ubu uruhare rw’abaturage mu igenamigambi, rugeze kuri 74% bikaba biteganyijwe nibura mu mwaka wa 2029 byaba bigeze kuri 90-100% bihereye ku gukora ibikorwa biteza imbere umuturage.

TAGGED:AbaturagefeaturedInzogaMinisitiriMugenziMusanze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Besigye Yafunzwe
Next Article Umunyarwenya W’Icyamamare Ku Isi Steve Harvey Arashaka Gushora Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?