Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Abaturage Basabwe Kuzibukira Inzoga Ahubwo Bagakora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Musanze: Abaturage Basabwe Kuzibukira Inzoga Ahubwo Bagakora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 November 2024 4:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gukangurira abaturage kwihaza mu biribwa, Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Dr. Mungenzi Patrice yasabye abatuye Musanze kwita ku buhinzi bakareka kunywa inzoga kuko zibazahaza.

Inzoga kandi zica abantu intege ntibakoreze, bikajyanirana n’imidugararo mu bashakanye.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Dr.Mugenzi, yasabye abaturage gushyira imbaraga mu buhinzi n’ubworozi buteye imbere, kugira ngo barusheho kwihaza mu biribwa.

Ati“Izi nsina tubona aha aho kuba izo kwengamo inzoga ahubwo zaba inyamunyo, tukabona za Dayihatsu na Fuso ziza gupakira ibitoki byo kurya bijya mu masoko nk’iryo nabonye rigezweho ry’ibiribwa rya kariyeri.”
Inyamunyo ni ubwoko bw’ibitoki biribwa, mu gihe ibitoki byengwamo umutobe ari nawo uvamo urwagwa ari kayinja, kamaramasenge n’izindi.

Avuga ko ibyiza ari uko abaturage bahinga inyanya, ibitoki, ibishyimbo, ibigori, amasaka n’ibindi aho gushyira imbaraga mu nzoga.

Ikibi gikomeye kurushaho ni uko inzoga ziteza umutekano muke mu ngo, abagabo bagata abagore babo ku munigo.

Ngo umugabo asanga umugore yatetse umushogoro akamuniga kandi azi neza ko nta faranga ryo guhahisha yamusigiye

Imibare ya Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu igaragaza ko kugeza ubu uruhare rw’abaturage mu igenamigambi, rugeze kuri 74% bikaba biteganyijwe nibura mu mwaka wa 2029 byaba bigeze kuri 90-100% bihereye ku gukora ibikorwa biteza imbere umuturage.

TAGGED:AbaturagefeaturedInzogaMinisitiriMugenziMusanze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Besigye Yafunzwe
Next Article Umunyarwenya W’Icyamamare Ku Isi Steve Harvey Arashaka Gushora Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?