Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 August 2025 11:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Amajyaruguru IP Ignace Ngirabakunzi.
SHARE

Nyuma yo gufatirwa mu bujura, abasore batanu babwiye Polisi ko babuterwa no kumva ko byaba byiza umuntu abonye icyo arya ‘atavunitse’.

Mu Murenge wa Gataraga muri Musanze  haherutse gufatirwa abasore batanu, Polisi ikemeza ko yabafatiye mu bujura bakoraga batega abantu mu kabwibwi bakabibambura

Ubwo bujura babukoreraga mu nkengero z’Umujyi wa Musanze.

Inspector of Police Ignace Ngirabakunzi uvugira Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru yabwiye Taarifa Rwanda ko amakuru yatumye abo bantu bafatwa yatanzwe n’abaturage, ikintu bashimirwa.

Avuga ko urwego akorera rusaba abantu kwirinda ibyaha ariko ko abazakomeza kubikora bazafatwa.

Ati: “Umuntu wese uhungabanya umutekano wa mugenzi we, aba akora ibinyuranyije n’amategeko. Niyo mpamvu agomba gufatwa akabibazwa”.

Yemeza ko k’ubufatanye n’izindi nzego, abaturage bazakomeza kwigishwa ingaruka zo gukora ibyaha ariko abazinangira, bakazabibazwa.

Abafashwe bakekwaho uruhare mu bujura, gutega abantu bakabambura, gutobora inzu n’ibindi bikorwa bihungabanya umutekano, bakaba bafungiwe kuri station ya Polisi ya Kinigi.

TAGGED:AbaturageMusanzePolisiubujura
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu
Next Article Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Angola Igiye Kujya Itunganya Diyama Yose Icukura

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?