Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Musanze: Umugore Yishe Umugabo We Nawe Ariyahura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2025 12:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taarifa Rwanda yamenye amakuru y’uko ubushyimirane bushingiye ku ikoreshwa nabi ry’umutungo bwateye umugore kwica umugabo we amutemye nawe arimanika.

Bari batuye mu Mudugudu wa Gacondo, Akagari ka Rubindi, Umurenge wa Gataraga muri Musanze.

Umugabo wishwe ni Hagenimana Innocent, umugore we akitwa Umutoni Francoise.

Abana babo nibo batabaje abaturanyi binyuze ku gutelefona, abantu baraza bica urugi basanga umugore ari mu mugozi yiyahuye, umugabo nawe yapfuye.

Abo bana ni Igenibyiza Peace maker w’imyaka umunani na murumuna we w’imyaka itatu witwa Isumbabyose Ishimwe Patient.

Abo bana basobanuriye abaje kubatabara ko Nyina yabatumye agasuka k’umuturanyi ko bari bukoreshe mu kubagara ibishyimbo, bamaze kukamuha nibwo yababwiye ngo bajye kuryama bazarya ejo.

Se yari amaze igihe agurishije ishyamba ahuriyeho na bashiki be, amafaranga avuyemo ayarya wenyine.

Ibyo ngo nibyo byateje ubushyamirane bwaje kuvamo ubwo bwicanyi.

Umuyobozi w’Akarere ka Musanze Nsengimana Claudien yahumurije abaturage, abasaba kwirinda amakimbirane yo mu miryango, naho agaragaye bagatangira amakuru ku gihe, abizeza ko Akarere kabafasha ibishoboka mugutwara imirambo no kuyigarura kugira ngo ishyingurwe.

Imirambo yajyanywe ku bitaro bya Ruhengeri ngo isuzumwe.

TAGGED:AbanafeaturedKwiyahuraMusanzeUmutungo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nigeria: Bahangayikishijwe N’Uko Perezida Yaba Arwariye Mu Bufaransa
Next Article Burera: Bategereje Inkunga Polisi Yabemereye Bakayibyaza Umusaruro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?