Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Umukingo Wagwiriye Abantu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Musanze: Umukingo Wagwiriye Abantu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2024 9:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Remera Akagari ka Kamisave Umudugudu wa Rugari, mu Karere ka Musanze umukingo watengutse ugwira inzu yari iryamyemo abantu bane umwe arahagwa.

Imvura imaze imaze iminsi igwa muri aka gace niyo yatumye uwo mukingo uriduka.

Iyo mvura yamaze igihe igwa kuko yatangiye saa saba z’ijoro igeze bukeye.

Inkuru y’ibi byago yamenyekanye mu mu rucyerera rwo ku wa 04 Gicurasi 2024.

Iriya nzu yari iryamyemo Nikobamporeye Constance w’imyaka 40 arapfa ariko abana be batatu bavanwamo ari bazima.

Umugabo nyiri urugo ntiyari ahari.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Remera witwa Barihuta avuga ko bahise bihutira gutabara.

Yagize ati: “Imvura yaguye mu ijoro ryakeye yatumye igitengu kigwira inzu y’umuryango wa Kuradusenge Uyu muryango wari ugizwe n’abantu batanu ariko umugabo we ntiyari ahari kuko yari yaragiye gupagasa i Kigali”.

Avuga ko abandi bahise bajyanwa kwa muganga kuko bakuwemo bakiri bazima, bakaba bajyanywe kwa muganga.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Mwiseneza Jean Bosco yemereye baganzi bacu ba UMUSEKE iby’aya makuru,.

Ati: “Twabimenye twihanganishije umuryango wa nyakwigendera. Abakomeretse boherejwe ku Bitaro bya Ruhengeri naho uwitabye Imana arashyingurwa n’umuryango we .”

TAGGED:featuredInkanguUmukingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Huye: Abagurira Abazunguzayi Bazajya Bacibwa Frw 10, 000
Next Article DRC Yihanije Ibigo By’Ikoranabuhanga Biyisahura Amabuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?