Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Museveni Yaganiriye Na Kagame Nyuma Y’Igihe Badahura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Museveni Yaganiriye Na Kagame Nyuma Y’Igihe Badahura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2022 12:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Uganda yagiranye ibiganiro byihariye na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame. Byabereye i Nairobi aho Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye mu muhango wo kwakira DRC mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba.

Ntiharatangazwa ibyo Abakuru b’Ibihugu byombi baganiriyeho ariko birashoboka ko bagarutse ku ntambwe imaze iminsi itewe mu kunoza umubano hagati ya Kigali na Kampala.

Ni intambwe yatewe nyuma y’ingendo ebyiri umuhungu wa Perezida Museveni akaba n’umujyanama we mu bya gisirikare Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yagiriye i Kigali agahura na Perezida Kagame.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Museveni muri Kenya, aho bitabiriye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano yo kwinjira mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba kwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. #RBAAmakuru pic.twitter.com/abyQ6wP9dX

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) April 8, 2022

Izi ngendo  zakurikiwe no gufungura umupaka wa Gatuna wari umaze igihe ufunzwe kubera umwuka mubi wari uri hagati y’ibihugu byombi.

Perezida Kagame yaherukaga guhura na Perezida Museveni mu mezi menshi ashize, ubwo bari bari mu biganiro byari biyobowe na Angola byashakaga icyatuma umubano hagati y’u Rwanda na Uganda wongera kuba mwiza.

TAGGED:featuredIbihuguKagameKampalaKigaliMuseveniRwandaUgandaUmubanoUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Ari Muri Kenya Ahagiye Kwakirirwa DRC Muri EAC
Next Article Ikarita Nshya Ya EAC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?