Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Mu Rugamba Rwo Kurwanya COVID Mu Bihugu Bivuga Igifaransa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Mushikiwabo Mu Rugamba Rwo Kurwanya COVID Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2021 3:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Louise Mushikiwabo yashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, WHO/OMS agamije kugeza inkingo za COVID-19 mu bihugu bigize ‘Umuryango ayoboye.’

Aya masezerano y’ubufatanye yashyizweho umukono na Madamu Louise Mushikiwabo n’Umuyobozi wa WHO/OMS, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus.

Ubu bufatanye kandi buzafasha mu kugeza izindi serivisi z’ubuzima muri biriya bihugu.

Muri izo serivisi harimo no kurwanya Malaria, igituntu n’izindi ndwara.

Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa kandi uzakora ubukangurambanga mu bihugu bigize uriya muryango kugira ngo ababituye n’ababiyobora bazakoreshe neza uburyo bazahabwa na WHO/OMS mu kurwanya ziriya ndwara.

Mu masezerano Mushikiwabo yasinyanye na Tedros harimo ko mu bihugu bizakorerwamo buriya bukangurambaga, hagomba kuzakoreshwa Igifaransa kugira ngo hatazagira umuturage cyangwa umuyobozi uvuga ko yabangamiwe no kutumva Icyongereza.

Bazaganira kandi ku burere bwerekeye ubuzima bw’imyororokere.

Mushikiwabo asinya amasezerano y’imikoranire na WHO/OMS
TAGGED:COVID-19featuredInkingoMushikiwaboTedrosUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sarkozy Yatabaje Polisi Ngo Ifate Abishe Amabwiriza Kuri COVID-19
Next Article Gen. Sekamana Wayoboraga FERWAFA Yeguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?