Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Yasabye Senegal Guhosha Imvururu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mushikiwabo Yasabye Senegal Guhosha Imvururu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 June 2023 2:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’imvururu zimaze guhitana abantu icyenda muri Senegal kubera impamvu za Politiki, Louise Mushikiwabo uyobora Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, yasabye abarebwa n’iki kibazo kureba uko cyakemuka mu mahoro, abaturage batahasize ubuzima.

Avuga ko bibabaje kuba muri iki gihugu hari kuvugwa izi mvururu mu gihe cyitegura amatora ya Perezida muri Gashyantare, 2024.

Mu itangazo riri ku rubuga rw’Umuryango ayoboye handitsemo ko Louise Mushikiwabo  yifatanyije n’ababuriye ababo muri biriya bikorwa biherutse guhitana abantu.

Avuga ko byaba byiza abayobozi ba Senegal bicaranye bakareba uko bakemura ibibazo mu mahoro kandi amahame ya Demukarasi agakomeza kubahirizwa.

Yemeza ko ibiri kubera muri Senegal bibabaje kuko isanzwe ari kimwe mu bihugu byo mu gace iherereyemo bisanzwe bizwiho Demukarasi.

Senegal: Ifungwa Ry’Utavuga Rumwe Na Leta Ryakije Umuriro

TAGGED:featuredImvururuMushikiwaboSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Senegal: Ifungwa Ry’Utavuga Rumwe Na Leta Ryakije Umuriro
Next Article Gisagara: Abanyamuryango Ba Koperative Y’Umuceri Bambuwe Ubutaka Kuko BATEJEJE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?