Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Yihanganishije Abo Mu Muryango W’Umukozi Wa OIF Watabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mushikiwabo Yihanganishije Abo Mu Muryango W’Umukozi Wa OIF Watabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2023 6:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yafashe mu mugongo abo mu muryango wa Nadine Girault wari uhagarariye uyu muryango muri Canada uherutse gupfa.

Ku rukuta rwe rwa Twitter, Mushikiwabo yavuze ko Nadine yari umugore w’umutima mwiza, ushinguye kandi w’umunyabwenge.

Avuga ko Umuryango ayoboye ubabajwe n’uko Nadina Girault agiye akiri muto kandi ko wifatanyije n’inshuti n’abavandimwe ba Nadine mu gahinda basigaranye batewe no kumubura.

Louise Mushikiwabo yavuze ko Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa uzirika uruhare Nadina Girault yagize mu guteza imbere Igifaransa ubwo yari Minisitiri wa Québec ushinzwe imikorwa by’uriya muryango.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ Uruhukire mumahoro muvandimwe wanjye nakundaga”

Nadine Girault

Nadine Girault yavutse taliki 02, Kamena, 1959 atabaruka taliki 13, Gashyantare, 2023.

Yari afite imyaka 63 y’amavuko.

Ni umunyapolitiki ukomoka muri Canada, akaba muri iki gihe yari Umudepite uhagarariye Intara ya Québec mu Nteko ishinga amategeko ya Canada.

Yabaga mu ishyaka ryitwa Avenir Québec.

- Advertisement -

Yigeze kuba muri Guverinoma ya Canada ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga ushinzwe n’ibikorwa by’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Francophonie.

Mu mwaka wa 2022 nibwo yatorewe kujya mu Nteko ishinga amategeko ya Canada, akaba yari ahagarariye Intara yitwa Bertrand.

TAGGED:CanadafeaturedIgifaransaIntekoMinisitiriMushikiwaboUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Shampiyona Ya Handball Iratangira, Gicumbi Handball Yiyemeje Kuzacyegukana
Next Article Burundi: Abajura Bayogoje Cibitoke
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?