Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Yihanganishije Abo Mu Muryango W’Umukozi Wa OIF Watabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mushikiwabo Yihanganishije Abo Mu Muryango W’Umukozi Wa OIF Watabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2023 6:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yafashe mu mugongo abo mu muryango wa Nadine Girault wari uhagarariye uyu muryango muri Canada uherutse gupfa.

Ku rukuta rwe rwa Twitter, Mushikiwabo yavuze ko Nadine yari umugore w’umutima mwiza, ushinguye kandi w’umunyabwenge.

Avuga ko Umuryango ayoboye ubabajwe n’uko Nadina Girault agiye akiri muto kandi ko wifatanyije n’inshuti n’abavandimwe ba Nadine mu gahinda basigaranye batewe no kumubura.

Louise Mushikiwabo yavuze ko Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa uzirika uruhare Nadina Girault yagize mu guteza imbere Igifaransa ubwo yari Minisitiri wa Québec ushinzwe imikorwa by’uriya muryango.

Ati: “ Uruhukire mumahoro muvandimwe wanjye nakundaga”

Nadine Girault

Nadine Girault yavutse taliki 02, Kamena, 1959 atabaruka taliki 13, Gashyantare, 2023.

Yari afite imyaka 63 y’amavuko.

Ni umunyapolitiki ukomoka muri Canada, akaba muri iki gihe yari Umudepite uhagarariye Intara ya Québec mu Nteko ishinga amategeko ya Canada.

Yabaga mu ishyaka ryitwa Avenir Québec.

Yigeze kuba muri Guverinoma ya Canada ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga ushinzwe n’ibikorwa by’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Francophonie.

Mu mwaka wa 2022 nibwo yatorewe kujya mu Nteko ishinga amategeko ya Canada, akaba yari ahagarariye Intara yitwa Bertrand.

TAGGED:CanadafeaturedIgifaransaIntekoMinisitiriMushikiwaboUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Shampiyona Ya Handball Iratangira, Gicumbi Handball Yiyemeje Kuzacyegukana
Next Article Burundi: Abajura Bayogoje Cibitoke
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?