Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Yitabiriye Inama Yemerejwemo Ifaranga Rimwe Rya CEDEAO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Mushikiwabo Yitabiriye Inama Yemerejwemo Ifaranga Rimwe Rya CEDEAO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 June 2021 2:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo yitabiriye inama yahuje Abakuru b’ibihugu by’Afurika y’i Burengerazuba bifatanya mu iterambere( CEDEAO)  yabereye Accra muri Ghana. Yemerejwemo ko bitarenze umwaka wa 2027, bizaba bikoresha ifaranga rimwe.

Inama yaguye ya biriya bihugu yanzuye ko ba Guverineri ba Banki zabyo bagomba guhura bakigira hamwe ibintu byose bishobora kuzabangamira uriya mugambi bakabikura mu nzira.

Perezida wa Komisiyo ya CEDEAO witwa Jean-Claude Kassi Brou avuga ko bemeje ko ririya faranga rizitwa l’Éco.

Jean-Claude Kassi Brou avuga ko gahunda yari isanzwe ihari yari iy’uko ririya faranga ryagombaga gushyirwaho bitarenze umwaka wa 2021, ariko COVID-19 ibikoma mu nkokora.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ Dufite umugambi w’uko uburyo bwo gushyiraho ririya faranga buzashyirwa mu bikorwa mu bihe bitandukanye ni ukuvuga mu mwaka wa 2022, umwaka wa 2026 n’umwaka wa 2027 ari nawo duteganya kuzatangarizamo ririya faranga.”

Ibihugu bigize CEDEAO

Kugeza ubu mu bihugu 18 bigize CEDEAO, Nigeria niyo ikoresha ifaranga ryayo ryitwa Naira mu gihe ibindi bihugu bikoresha franc CFA cyangwa euro.

Ifaranga bateganya kuzatangira gukoresha mu mwaka wa 2027.
TAGGED:CEDEAOfeaturedIbihuguIfarangaMushikiwabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutumwa Ange Kagame Yageneye Se W’Imfura Ye
Next Article U Bushinwa Bwarengeje Abaturage Miliyari Bamaze Gukingirwa COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?