Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Yitabiriye Inama Yemerejwemo Ifaranga Rimwe Rya CEDEAO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Mushikiwabo Yitabiriye Inama Yemerejwemo Ifaranga Rimwe Rya CEDEAO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 June 2021 2:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo yitabiriye inama yahuje Abakuru b’ibihugu by’Afurika y’i Burengerazuba bifatanya mu iterambere( CEDEAO)  yabereye Accra muri Ghana. Yemerejwemo ko bitarenze umwaka wa 2027, bizaba bikoresha ifaranga rimwe.

Inama yaguye ya biriya bihugu yanzuye ko ba Guverineri ba Banki zabyo bagomba guhura bakigira hamwe ibintu byose bishobora kuzabangamira uriya mugambi bakabikura mu nzira.

Perezida wa Komisiyo ya CEDEAO witwa Jean-Claude Kassi Brou avuga ko bemeje ko ririya faranga rizitwa l’Éco.

Jean-Claude Kassi Brou avuga ko gahunda yari isanzwe ihari yari iy’uko ririya faranga ryagombaga gushyirwaho bitarenze umwaka wa 2021, ariko COVID-19 ibikoma mu nkokora.

Ati: “ Dufite umugambi w’uko uburyo bwo gushyiraho ririya faranga buzashyirwa mu bikorwa mu bihe bitandukanye ni ukuvuga mu mwaka wa 2022, umwaka wa 2026 n’umwaka wa 2027 ari nawo duteganya kuzatangarizamo ririya faranga.”

Ibihugu bigize CEDEAO

Kugeza ubu mu bihugu 18 bigize CEDEAO, Nigeria niyo ikoresha ifaranga ryayo ryitwa Naira mu gihe ibindi bihugu bikoresha franc CFA cyangwa euro.

Ifaranga bateganya kuzatangira gukoresha mu mwaka wa 2027.
TAGGED:CEDEAOfeaturedIbihuguIfarangaMushikiwabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutumwa Ange Kagame Yageneye Se W’Imfura Ye
Next Article U Bushinwa Bwarengeje Abaturage Miliyari Bamaze Gukingirwa COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?