Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musk Yatangaje Ko Agiye Kuva Ku Buyobozi Bwa Twitter
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Musk Yatangaje Ko Agiye Kuva Ku Buyobozi Bwa Twitter

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2023 10:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Akoresheje uru rubuga asanzwe abereye boss, Elon Musk yatangaje ko bidatinze hari umugore ugiye kuzamusimbura ku buyobozi bwa Twitter.

Iyi mvugo ye yatumwe abashoramari bari bamaze iminsi barahagaze gushora muri Tesla bongera kugira ubushake bituma n’agaciro k’imigabani iki kigo gisanzwe gifite mu isoko ry’imigabane kongera kuzamuka.

Yanditse ati: “ Nishimiye gutangaza ko mu gihe kiri imbere hari undi muyobozi wa Twitter uzatangira akazi kandi azaba yagatangiye mu byumweru bitandatu biri imbere”.

Elin Musk avuga ko azasigara ari umuyobozi w’icyubahiro urebera ibintu ku ruhande.

Inkuru y’uko Musk avuye ku buyobozi bwa Twitter yatumwe umugabane umwe wa Tesla uhita ujya ku $172.08 kandi agaciro kayo kari gukomeza kuzamuka.

Ibyo yakoze bisa n’ibyagaruye agatege mu bashoramari bashyize amafaranga muri Tesla.

Mu minsi yakurikiye igihe Elon Musk yabereye umuyobozi wa Twitter, abashoramari batangiye gucika intege babona ko ikigo cyabo kigiye kuhomba.

TAGGED:AbashoramariIkoranabuhangaMuskTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuba u Rwanda Rwareka Gukoresha Amadolari Si Ibya Vuba- Solaya Hakuziyaremye
Next Article Perezida Kagame Arasura Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?