Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mutobo: Umwe Mubo Perezida Kagame Yahanye Imbabazi Na Rusesabagina Yaratorotse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Mutobo: Umwe Mubo Perezida Kagame Yahanye Imbabazi Na Rusesabagina Yaratorotse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 July 2023 10:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru avuga ko umugabo witwa Joseph Ntabanganyimana uri mu bantu Perezida Kagame yahanye imbabazi na Paul Rusesabagina na Sankara yatorotse aho yari ari kugororerwa mu kigo cya Mutobo mu Karere ka Musanze.

We na bagenzi be bahoze ari abarwanyi muri MRCD/FLN yashinzwe na Paul Rusesabagina.

Ni umwe mu bantu 20 bakatiwe n’urukiko kubera ibyaha rwabahamije ariko, mu bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida Kagame aza kubabarira.

Joseph Ntabanganyimana yari yarafatiwe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu myaka ishize.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hagati aho amakuru atangazwa na kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda avuga ko ubwo yagezwaga i Mutobo ngo agororwe kimwe n’abandi, we yavugaga ko atari Umunyarwanda ahubwo ko ari umuturage wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Icyakora imyirondoro ye yagaragazaga ko ari umuturage w’i Karongi.

Mu kuburana kwe, Ntabanganyimana Joseph yiyitaga ko yitwa Combe Kalume Matata, izina ry’abaturanyi bo muri DRC.

Icyakora urukiko rwamuhamijwe uruhare mu gushaka ubwato n’icyambu mu gace ka Kalehe cyagombaga kwifashishwa mu kwambutsa abarwanyi ba MRCD/FLN bagana mu Rwanda.

We yarabihakanaga akavuga ko yari umushoferi w’amakamyo wakoreraga mu Mujyi wa Bukavu.

- Advertisement -

Yigeze ariko kuvuga ko hari abo yigeze gufasha kugura ubwato binyuze mu gusinya ku masezerano y’ubugure, ariko ngo ntiyari azi icyo bugiye gukoreshwa.

Mbere y’uko ahabwa imbabazi z’Umukuru w’igihugu, yari yarakatiwe gufungwa imyaka itatu.

TAGGED:AbarwanyiCongofeaturedMutoboRusesabaginaUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yakiriye Graça Machel Na Ellen Johnston Sirleaf
Next Article Abaturage Barakaye Batwika Ambasade Ya Suwede
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?