Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mwarimukazi Nyiramahirwe Yaje Ahetse Umwana Aje Gutanga Kandidatire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Mwarimukazi Nyiramahirwe Yaje Ahetse Umwana Aje Gutanga Kandidatire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 May 2024 7:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jeanne d’Arc Nyiramahirwe usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete  mu Karere ka Burera yaraye agejeje kuri Komisiyo y’igihugu y’amatora inyandiko zisaba kwemerwa kuziyamamaza nk’umugore uhagarariye abandi mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda.

Yaje kuri Moto ahetse umwana we amutwikirije igitenge.

Ku maso wabonaga ko afite akanyamuneza n’icyizere ko dosiye ye iri bwemerwe.

Arangije gutanga inyandiko ikubiyemo ibyo umukandida depite abazwa, Jeanne d’Arc Nyiramahirwe yabwiye itangazamakuru ko icyizere cy’uko azatsinda kandi akazuzuza inshingano za Depite neza agishingira ku ngingo y’uko yigeze no gukora mu myanya itandukanye y’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Yageze kuri Komisiyo akanyamuneza ari kose
Mu idosiye ye yazanyemo ibisabwa byose
Abashinzwe kwakira abazanye dosiye bamwakiriye
Arangije afata moto yamuzanye asubirayo
TAGGED:AbadepiteAmatoraBurerafeaturedMotoUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Myaka 7 Icyayi Cyinjirije u Rwanda Arenga Miliyoni $600 
Next Article RIB Yavumbuye Abakora Mu Butabera Baryaga Ruswa Mu Ibanga Rikomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?