Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mwarimukazi Nyiramahirwe Yaje Ahetse Umwana Aje Gutanga Kandidatire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Mwarimukazi Nyiramahirwe Yaje Ahetse Umwana Aje Gutanga Kandidatire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 May 2024 7:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Jeanne d’Arc Nyiramahirwe usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete  mu Karere ka Burera yaraye agejeje kuri Komisiyo y’igihugu y’amatora inyandiko zisaba kwemerwa kuziyamamaza nk’umugore uhagarariye abandi mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda.

Yaje kuri Moto ahetse umwana we amutwikirije igitenge.

Ku maso wabonaga ko afite akanyamuneza n’icyizere ko dosiye ye iri bwemerwe.

Arangije gutanga inyandiko ikubiyemo ibyo umukandida depite abazwa, Jeanne d’Arc Nyiramahirwe yabwiye itangazamakuru ko icyizere cy’uko azatsinda kandi akazuzuza inshingano za Depite neza agishingira ku ngingo y’uko yigeze no gukora mu myanya itandukanye y’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze.

Yageze kuri Komisiyo akanyamuneza ari kose
Mu idosiye ye yazanyemo ibisabwa byose
Abashinzwe kwakira abazanye dosiye bamwakiriye
Arangije afata moto yamuzanye asubirayo
TAGGED:AbadepiteAmatoraBurerafeaturedMotoUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Myaka 7 Icyayi Cyinjirije u Rwanda Arenga Miliyoni $600 
Next Article RIB Yavumbuye Abakora Mu Butabera Baryaga Ruswa Mu Ibanga Rikomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?