Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ndayishimiye Avuga Ko Niba Mu Burundi Haba Abatinganyi Bakwiye ‘Guterwa Amabuye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ndayishimiye Avuga Ko Niba Mu Burundi Haba Abatinganyi Bakwiye ‘Guterwa Amabuye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 December 2023 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko iby’ibihugu bikomeye bivuga ko abatinganyi bafite uburenganzira bwo kwidegembya, atari byo. Ngo niba hari ababa mu Burundi, bakwiye gushyirwa kuri Stade bagaterwa amabuye.

Hari mu kiganiro yahaye abaturage n’abanyamakuru by’umwihariko kuri uyu wa Gatanu taliki 29, Ukuboza, 2023.

Ndayishimiye yavuze ko ibihugu bikangisha guhagarikira imfashanyo igenewe ibihugu bikennye ngo ni uko byanze kwemera  ubutinganyi  bishatse byazayihagarika.

Ati: “Imfashanyo bazayitwime. Ndababwira ko niba ushaka kwikwegera umuvumo wemerera ababana bahuje ibitsina.”

Yavuze ko muri Bibiliya harimo urugero ruvuga uko Imana yarimbuye Sodoma na Gomora kubera ubutinganyi bwahabaga.

Yunzemo ati: “Abo bantu tubabonye mu Burundi bakwiye kubajyana kuri Stade bakabatera amabuye, kandi nta cyaha baba bakoze.”

Yavuze ko Imana yaremye umugore n’umugabo ngo babyare bororoke.

Ndayishimiye yavuze ko kwemera ubutinganyi no kubwanga ari nko guhitamo hagati y’Imana na Shitani, akavuga ko kubwemera ari uguhitamo Shitani.

Ati “Ubishaka azajye muri ibyo bihugu ahereyo.”

TAGGED:AbatinganyiBurundifeaturedNdayishimiyeShitani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Abakwirakwizaga Urumogi Bafashwe
Next Article Umwalimu SACCO Irishimira Umusaruro Wayo Mu Mwaka Wa 2023
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?