Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nduhungirehe Muri Pakistan Kuganira Ku Butwererane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Muri Pakistan Kuganira Ku Butwererane

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2025 12:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Jean Patrick Olivier ari muri Pakistan mu ruzinduko rw’iminsi itatu rwo gutsura umubano harebwa uko i Kigali hafungurwa Ambasade ya Pakistan.

Agiye yo nyuma yo gutumirwa na Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu witwa  Mohammad Ishaq Dar.

Nduhungirehe azaganira na mugenzi we ku kwimakaza ubutwererane bw’ibihugu byombi mu nzego zinyuranye.

Azahura kandi n’abayobozi muri Guverinoma barimo Minisitiri w’Intebe, Perezida wa Sena n’abandi ba Minisitiri.

Abandi bazahura nawe ni abashoramari baganire ku mahirwe yo kurushaho kwagura imikoranire mu bucuruzi n’ishoramari.

Imibare yo mu mwaka wa 2023 igaragaraza ko Pakistan yohereje mu Rwanda ibicuruzwa bifite agaciro $ 456,000 byiganjemo imiti ifite agaciro ka $ 275,000.

U Rwanda rwo rwohereje yo ibifite agaciro ka Miliyoni $ 26.8, icyayi kikaza ku mwanya wa mbere kuko kihariye agaciro ka Miliyoni $ 26.7.

U Rwanda na Pakistan byatangije umubano wa dipolomasi guhera muri Nyakanga, 1962.

Muri Pakistan, u Rwanda ruhagarariwe na Ambasade yarwo mu Bushinwa n’aho Pakistan ifite Ambasade ifite icyicaro i Kigali guhera muri Werurwe, 2021.

Ambasaderi w’u Rwanda muri Pakistan ni Harerimana Fatou.

TAGGED:AmbasadefeaturedNduhungirehePakistanRwandaUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Benin: Ishami Rya Al Qaeda Ryishe Abasirikare 70
Next Article Ku Mayaga Barasaba Ko Abarundi Bakoreye Abatutsi Jenoside Bakurikiranwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?